Imyidagaduro
Jay Polly yatangiye gufata amashusho y’indirimbo Umusaraba wa Josua-AMAFOTO

Umuraperi ukomeye hano mu Rwanda, Jay Polly yatangiye gufata amashusho y’indirimbo ye ya mbere yakoze nyuma yo kuva muri gereza.
Jay Polly wafunzwe amezi atanu nyuma yo kugirana amakimbirane n’umugore we akamukubita akamukura amenenyo, yakomeje ibikorwa bye bya muzika.
Jay Polly yakoze iyi ndirimbo Umusaraba wa Josua avuga ko irimo ubuzima bwe bwite ayifatanyije na Marina.
Muri aya mashusho ari gufatwa hari aho Jay agaragara yambaye impuzankano y’abagororwa (iroza) ndetse aziritse iminyururu bambika imfungwa kugira ngo hatabaho gutoroka.
Tanga igitekerezo