Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

admin by admin
February 3, 2021
in IBINDI
0
0
SHARES
246
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Amateka y’u Rwanda mubijyanye n’inyamaswa zihaboneka yongeye kwisubiramo ubwo havumburwaga ikinyabuzima cyo mubwoko bw’ibikeri byari byaracitse burundu mu myaka 64 ishize, kuri ubu bikaba byavumbuwe muri parike y’igihugu ya Nyungwe .

Ubu bwoko bw’ibikeri bufite amajanja maremare [long-fingered frog (Cardioglossa cyaneospila)]bwaherukaga kugaragara mu Rwanda mu mwaka wa 1952 buza kongera kuboneka muri 2011 mu Burundi. Kuri ubu ubu bwoko bwagaragaye mu ishyamba rya Parike ya nyungwe mu Rwanda ahO itsinda nyafurika rishinzwe kwiga ku bidukikije ariryo ryavumbuye ibi bikeri rinabikoraho ubushakashatsi.

Related posts

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

Ubushinwa: umugore afunze azira guca amabere mugenzi we akoresheje umukasi.

August 4, 2014

Ubu bushakashatsi bwakozwe n’itsinda nyafurika rishinzwe kwita ku bidukikije riyobowe na Christian Boix.

Boix yagize ati: <em>”Byari mu gitondo turi mu rugendo narimo nsura inguge ziba muri nyungwe nibwo nabonye ubu bwoko bwiza bw’igikeri budasanzwe. Muri icyo gihe sinahise menya ko aribwo bwambere bugaragaye, gusa nahise nibuka ubwoko bw’ibikeri nabonye muri Amerika Yepfo, ntangira kugira amatsiko y’ibi nabonye mu Rwanda uko bisa. Uwo mugoroba nahise nohereza ifoto itsinda nyafurika ryita kubidukikije rikorera cape town mbasaba ko bansobanurira ubwoko bwabyo(ibikeri). Ndishimye kumva ko hari uruhare twagize mu kuvumbura ikintu kiza kandi gishya muri aka gace(Nyungwe).”</em>

David Blackburn uturuka mu itsinda rikorera mu nzu ndangamurage y’amateka yihariye ku nyamaswa zikurura inda n’izidatera amagi rikorera muri kaminuza ya Florida akaba n’umwe mu itsinda ryongeye kuvumbura ubu bwoko bw’ibikeri mu Burundi muri 2011 yagize ati: <em>”Iyi ni inshuro ya kabiri ubu bwoko bw’ibikeri buboneka mu Rwanda , ubwo byabonekaga mu Rwanda hari muri 1952 ntibyabonetse muri nyungwe, gusa twatekerezaga ko bishobora kuba bihaba bitewe n’imiturire yaho.”</em>

Hagendewe ku bushakashatsi bwagiye bukorwa hagati ya 1940 na 1550 byari bimaze kuba imyaka irenga 50 ubu bwoko bw’i bikeri butaboneka mbere y’uko ubu bwoko bubonetse muri Uganda, Burundi,DRC kuri ubu bukaba bwongeye kuboneka mu Rwanda.

<em>Muri Pariki ya Nyungwe ahavumbuwe ubu bwoko bw’ibikeri</em>

Previous Post

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

Next Post

Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

Next Post
Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Luc Emayeal ku muryango usohoka mu ikipe ya RAYON SPORTS FC!

7 years ago

Uganda: Museveni arishyuzwa amafaranga y’indirimbo yamufashije kujya ku butegetsi muri mu 2006

7 years ago

rra tender notice

7 years ago

Bresil:Ikiraro cyacitse gihitana babiri mu mujyi wa Belo Horizonte ahazakinirwa imwe mu mikino y’igikombe cy’isi

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In