Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IMIBEREHO MYIZA UBUZIMA

Wari uzi ko abantu bapfa biyahuye hari icyo baba bahuriyeho mu maraso? Wari uzi ko se umubare w’abapfa biyahuye ushobora kugabanuka?

admin by admin
August 1, 2014
in UBUZIMA
0
0
SHARES
15
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara muri iki cyumweru bwerekanye ko abantu bapfa biyahuye bo mu bihugu bitandukanye hari akantu gato baba bahuriyeho mu maraso yabo (gene) bityo ubwo bushakashatsi bukaba bunemeza ko hari icyakorwa umubare w’abantu bapfa biyahuye ku isi ukagabanuka.

suic.jpg

Related posts

Mu mwaka umwe Malariya iraba yabonewe urukingo

July 30, 2014

Nyanza:Uwari umunsi w’ibyishimo ku bageni wababereye uw’umubabaro

July 28, 2014

Muri Amerika, abashakashatsi bo mu kigo cya kaminuza cya Johns Hopkins, berekanye ko umubare w’abantu bapfa biyahuye ku isi ushobora kugabanuka nyuma yo gusanga aba bantu biyahura hari icyo baba bahuriyeho mu maraso yabo.

sui.jpg

Ubu bushakashatsi bwakozwe nyuma yuko babonye umubare w’abantu bapfa biyahuye ku isi urimo kwiyongera umunsi ku wundi.

Zachary Kaminsky, ni umushakashatsi akaba umwanditsi w’ibitabo n’umuganga ku ivuriro ry’icyo kigo cya Kaminuza ya Johns Hopkins. Aragira ati mu maraso y’aba bantu habamo akagingo gatoya cyane (gene) kitwa SKA2 uwo muntu aba yaravukanye gahora kibutsa ubwonko kwiyahura uko ahuye n’ibihe bibi (stress) mu bihe bitandukanye kakaba kaboneka no mu maraso y’abantu batandukanye katitaye ku isano bafitanye.

Iyi nyigo yakozwe hifashishijwe abantu batandukanye biyahuye aho bapimye ubwonko bwabo bagapima n’amaraso yabo bagasanga bahuriye kuri ako kagingo ka SKA2. ubu bshakashatsi kandi bwerekanye k obyibura 80% by’abantu bavukana aka kagingo bahorana ingengabitekerezo yo kwiyahura kuko ngo ntago bibatungura mu munota umwe.

suicide_1.jpg

Nubwo aka kagingo gahora gatuma ubwonko butekereza mu buryo budasanzwe cyangwa kerekana uruhande rubi, aba bashakashatsi berekanye ko hari n’imiti ishobora kukagabanyiriza imbaraga bityo byibura 80% bakaba bahindura intekerezo

NSENGIMANA J Mermoz

Previous Post

Kenya: Polisi icumbikiye abanyamahanga 9 bashinjwa kugemurayo ibiyobyabwenge.

Next Post

Filimi z’ubusambanyi ku karubanda mu mujyi wa Kigali, abakobwa b’abanyarwanda, abastar b’izo Filimi!

Next Post

Filimi z’ubusambanyi ku karubanda mu mujyi wa Kigali, abakobwa b’abanyarwanda, abastar b’izo Filimi!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Nyuma y’ uko agizwe umutoza wa Manchester United, Ryan Giggs yaraye agaragaye ku kibuga nk’ umukinnyi n’ umutoza

7 years ago

Mu gihe Perezida KAGAME aza gusura Akarere ka Muhanga, karashinjwa n’abaturage ku kuba kakoze urutonde rw’abaza kubaza n’ibyo babaza!

7 years ago

Amavubi y’abagore atsinzwe akayabo k’ibitego 12 kuri 1 mu mikino 2, isezerewe n’Ikipe ya Nigeria (W).

7 years ago

Uganda: Itsinda ry’ngabo za Sudan y’epfo zari zarahungiye muri Uganda zatashye zitavuze.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In