Friday, March 5, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imikino

Turashaka gutsinda Congo Brazzaville-Migi

admin by admin
July 31, 2014
in Imikino
0
0
SHARES
3
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi, Jean Baptista ‘Migi’ Mugiraneza arasaba abanyarwanda kubaba inyuma kugirango bashobore gusezerera Congo Brazzaville mu mukino uzahuza ibihugu byombi kuri uyu wa gatandatu I Kigali. U Rwanda rurakira Congo Brazzaville mu mukino wo kwishura ugamije gushaka itike yo gukina igikombe cy’Afurika umwaka utaha.

migi.jpg

Related posts

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

February 3, 2021

Haruna Niyonzima ari kumwe na Migi

Migi usanze y’ungirijwe kapiteni Haruna Niyonzima, atangariza ferwafa.rw yagize ati, “Nyuma yo gutsindwa na Congo Brazzaville, twafashe umwanya wo gukosora amakosa yose yatumye dutsindwa,”

“Ku mukino wa Gabon, twashoboye gukina umukino mwiza, dushobora no gukosora amakosa yose yabaye. Ubu dufite icyizere cyo gukina, tukitwara neza kandi tugashobora guhesha itike igihugu cyacu,”

Avuga ku bakinyi bakina hanze y’urwanda barimo Elias Uzamukunda na Salomon Nirisarike banze kwitabira uyu mukino, Migi yagize ati, “Kuba tudafite abo bakinyi, nigihombo gikomeye ariko uyu niwo mwanya abandi baboneraho bakigaragaza,”

“Mfite icyizere cy’uko ishyaka dufite muri ikipe yacu, tuzitwara neza tugatsinda Congo Brazzaville,”

Umutoza Stephen Constantine avuga ko abona afite ikipe nziza kandi biteguye gutanga ibyo bafite byose ngo basezerere ikipe y’igihugu cya Congo Brazaville.

U Rwanda rurasabwa gutsinda byibura ibitego biri hejuru ya bibiri rutinjijwe na kimwe kugirango rusezerere ikipe y’igihugu ya Congo Brazaville.

Abakinyi bashya bongewe mu ikipe y’igihugu barimo umunyezamu Emery Mvuyekure uje usimbuye Ndoli Jean Claude wavunikiye mu mukino ubanza, Jimmy Mbaraga na Mico Justin.

Amavubi azakina uyu mukino badafite Jacques Tuyisenge na Abouba Sibomana kubera amakarita abiri y’umuhondo babonye ku mukino wa Congo na Libya.

Ikipe ya Congo Brazzaville itegerejwe I Kigali kuri uyu wa kane, ifite abakinnyi babiri bashya barimo Prince Oniangué ukina muri Reims na Ladislas Douniama wo muri Guingamp mu cyiciro cya mbere.

Ikipe izatsinda hagati y’Urwanda na Congo kugiteranyo cy’imikino ibiri, izerekeza mu itsinda A ririmo Nigeria, Afurika y’Epfo na Sudani.

Source:Ferwafa

Previous Post

Umuhanzi Methode azanye agashya muri Gospel, yazanye injyana nshya y’igihinde

Next Post

Intambwe 5 umuntu agomba gukurikiza kugirango agere ku rukundo rushyitse kandi rurambye hagati y’umuhungu n’umukobwa.

Next Post

Intambwe 5 umuntu agomba gukurikiza kugirango agere ku rukundo rushyitse kandi rurambye hagati y'umuhungu n'umukobwa.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Uburusiya:Bafotowe bari gusambanira ku karubanda mu mujyi wa Samara

7 years ago

Amerika:Intama ye yabyaye akana kaburirwa izina.

7 years ago

UEFA CHAMPION LEAGUE: Ku nshuro ya 1, amakipe ava mu Mujyi umwe agiye guhurira ku mukino wanyuma (REAL MADRID na ATLETICO MADRID

7 years ago

Kubera ibiciro by’ubutaka bihanitse mu mijyi, imijyi ishobora kuzabura abayituramo

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In