Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imyidagaduro

Chameleone na Goodlyfe basubiranyemo, Chameleone akaba ashinjwa kwiba indirimbo bari bafatanyije.

admin by admin
July 28, 2014
in Imyidagaduro
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’igihe gito biyunze ndetse bagapanga n’imishinga yo gukorana indirimbo, ubu abahanzi Chameleone n’itsinda rya Goodlyfe rigizwe na Radio hamwe na Weasel umubano wabo wasubiye bubisi.Chameleone akaba ashinjwa kwiba indirimbo bari bafatanyije.

goodly.jpg

Related posts

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

February 3, 2021

Umuhanzi wa Gospel Nizeyimana Emile agiye gushyira ahagaragara Album ye ya 6 y’amajwi

August 4, 2014

Chameleone n’itsinda rya Goodlyfe

Ni mugihe gito cyari gishize abo bahanzi bemeranyije kwiyunga bakarek,a , amatiku bahoragamo, ndetse banapanga umushinga wo kuzakorana indirimbo enye, iya mbere ikaba yaranasohotse yitwa “Best I ever had”.Bahise bajya muri studio gukora indi ndirimbo ya kabiri yitwa “Wale Wale”.

Nyamara nkuko Weasel yabitangarije radiyo imwe yo muri Uganda, ngo yatunguwe no kumva iyo ndirimbo ikinwa aho yari yatembereye mu kabyiniro.Ngo yategereje ngo yumve ko aza kumva igitero cye muri iyo ndirimbo araheba.Yarakomeje arategereza ngo yumve ko wenda mugenzi we Radio arimo, na we araheba.

Kuva ubwo indirimbo yatangiye gukinwa ku maradiyo atandukanye muri Uganda no hanze yayo.Itsinda rya Goodlyfe ryahise rifata umwanzuro wo guhagarika umubano wose bari bafitanye na Chameleone ndetse no guhagarika imishinga y’indirimbo zose bagombaga kuzakorana na Chameleone.

Ubwo baherukaga kwiyunga , Goodlyfe yari yasabwe kujya yubaha Chameleone nka mukuru wayo, ngo kugirango bazafatanye bagere ku rwego na we agezeho.Nyamara umubano wabo usa n’utagishobotse kuko buri gihe baba bafitemo amacenga.

Previous Post

Waba uzi impamvu yatume umuhanzikazi Shakira atagaragara mu gikombe cy’isi? Shira amatsiko.

Next Post

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta yahaye abo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo byabo.

Next Post

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta yahaye abo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo byabo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

“Kuba abanyamahanga baza gusura inzibutso za Jenoside si amayeri ” Depite Nyirarukundo

7 years ago

Urupfu rutunguranye rw ‘ uwari ukuriye ibikorwa by’ ubuvuzi mu ngabo z’u Rwanda (RDF)

7 years ago

Banki ya Kigali (BK) yabuze ibaruwa yandikiwe n’umukobwa Murekeyisoni uregwa mu rubanza rurimo Lt Joel Mutabazi

7 years ago

Perezida mushya wa Malawi arasezerana kuri uyu wa gatandatu

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In