Friday, March 5, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imyidagaduro

Snoop Dogg yavuze ko yanywereye urumogi muri Perezidansi ya Amerika

admin by admin
July 23, 2014
in Imyidagaduro
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umuraperi Calvin Cordozar Brodaus uzwi ku izina rya Snoop Dogg yatangarije umunyamakuru Jimmy Kimmel ko yanywereye urumogi mu bwiherero bwa White House , Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Related posts

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

February 3, 2021

Umuhanzi wa Gospel Nizeyimana Emile agiye gushyira ahagaragara Album ye ya 6 y’amajwi

August 4, 2014

snoop.jpg

Nubwo Doggy atigeze abivuga, bigaragara ko yarunywereyemo Perezida Obama adahari.Snoop yavuze ko yarunyweye ahawe uruhushya n’abarinzi ba Perezidansi.Dore bimwe mu byo baganiriye na Kimmel:

Kimmel:Wigeze unywera urumogi muri White House?

Dogg: Mu bwiherero

Kimmel:Warabikoze? Muri White House

Dogg: Mu bwiherero.Kuko nabajije nti “Nshobora gukoresha ubwiherero ? nuko barambaza ngo “ugiye gukora iki? Kwihagarika cyangwa ibikurikira…..? Ndavuga ngo Ibikurikira.

Kimmel:Ninde wavuze ibyo?umufasha wa Perezida?

Dogg: Oya.CIA cyangwa FBI(barinda Perezidansi).Ubwo nahise mbabwira nti “Murabona iyo ngiye gukora Ibikurikira , buri gihe njyana isigara cyangwa ikindi kintu cyo kwatsa ngo hazemo umwuka mwiza” Nuko barambwira bati “ushobora kwatsa akazingo k’agapapuro” Nuko ndavuga ngo ndabigenza gutyo.Akazingo k’urupapuro kari aka(azamura isigara irimo urumogi).

Bikaba bidasanzwe kumva umuntu yigamba ko yanywereye ibiyobyabwenge muri Perezidansi , ubusanzwe bitemewe no kubyinjiranamo.USAToday ikaba yavuze ko uyu mugabo ashobora kuba yararunywereyemo mu Kuboza umwaka ushize ubwo bari mu munsi ngaruka mwaka w’abantu bagize uruhare mu gusigasira umuco nyamerika bita Kennedy Center Honors

umva ikiganiro Snoop yagiranye na Kimmel

Ferdinand M.

Previous Post

Dar es Salaam hatoraguwe imifuka 85 yuzuyemo imibiri y’abantu

Next Post

RDC: Ihohoterwa nubucakara bikomeje guca ibintu mu burasirazuba bwa Congo.

Next Post

RDC: Ihohoterwa nubucakara bikomeje guca ibintu mu burasirazuba bwa Congo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

“..Nubwo imitungo n’ubukungu byari bike urugamba rwo kubohora igihugu rwagezweho, barabikoze!” Jeanette KAGAME

7 years ago

Monusco yahakanye yivuye inyuma ko idafasha umutwe wa FDLR

7 years ago

Uganda:Abantu babiri baguye mu gitero cyagabwe ku rusengero

7 years ago

Nubwo yitsinze igitego ntibyabujije ikipe ya BRASIL gutangira neza igikombe cy’Isi itsinda Croatia (3- 1)

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In