Friday, March 5, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

admin by admin
August 4, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
31
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Publication2-3.jpg

Guverineri Bosenibamwe aravuga ko Intara y’amajyaruguru ifite amahoro nyuma yo kuraswa n’uwo yise “igisambo cyakoranaga na FDLR”.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

Abanyamuryango b’ihuriro United for Assistance bafashije abatishoboye

August 4, 2014

Aganira n’Izuba Rirashe Bosenibamwe yavuze ko abantu bakwiye kureka imvugo ivuga ko hari abayobozi b’Intara y’Amajyaruguru bakoranye na FDLR kuko ari ‘amateka’.

Bosenibamwe yagize ati “Igisambo cyari kiturimo gikorana n’umwanzi cyatuvuyemo intara ifite amahoro nk’uko yayahoranye.”

“Igisambo” kivugwa na guverineri Bosenibamwe ni uwari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, Alfred Nsengimana, wishwe arashwe ubwo yageragezaga gutoroka kuwa 16 Gicurasi 2014.

Nk’uko Bosenibamwe yakomeje abivuga ngo iki “gisambo” kigeze kubabamo ndetse kinagerageza gukorera umwanzi ubukangurambaga ariko byarangiye kibizize.

Geverineri w’Intara y’Amajyaruguru yakomeje avuga ko nyuma y’ibi byose yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame mu izina ry’abaturage b’Intara y’Amajyaruguru bose ndetse ngo ibyabaye muri iyi ntara ntibishobora kongera ukundi.

Bosenibamwe yakomeje avuga ko ubu abayobozi ndetse n’abaturage b’Intara y’Amajyaruguru bari maso kugira ngo hatagira abongera kugwa mu gishuko cyo gukorana n’umwanzi.

Abajijwe aho abandi bayobozi bari bakurikiranwe hamwe n’uwari umuyobozi w’Umurenge wa Cyuve aho ibyabo bigeze; Bosenibamwe yasubije ko ntawundi muyobozi ukurikiranyweho uruhare kuri iki cyaha uretse abaturage batari basobanukiwe ibyo bakora bashukwaga n’Umuyobozi w’Umurenge wa Cyuve warashwe.

Akarere ka Musanze kakunze kugaragaramo abantu bakurikiranweho kugira uruhare mu gukorana n’Umutwe wa FDLR ndetse kanagaragaramo ibikorwa by’ubugizi bwa nabi aho muri Gashyantare 2014 urugo rw’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze rwatewe n’abagizi ba nabi bica umwana we.

Intangiriro z’Umwaka wa 2014 waranzwe no gutabwa muri yombi kwa hato na hato kw’abantu bakurikiranweho gukorana na FDLR, mubatawe muri yombi harimo n’Umuhanzi Kizito Mihigo.

Previous Post

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

Next Post

Polisi ya Uganda iranyomoza amakuru avuga ko Kayihura yanenze Minisitiri Amama Mbabazi

Next Post

Polisi ya Uganda iranyomoza amakuru avuga ko Kayihura yanenze Minisitiri Amama Mbabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Ishusho y’uburyo Umutekano w’u Rwanda uhagaze mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2014.

7 years ago

Impuguke mu myororokere zirashimira u Rwanda ku itegeko ryo gukuramo inda

7 years ago

Nyuma yo gusohoka muri Gereza Me NTAGANDA Bernard, yiteguye guhita akomeza imirimo ya Politiki! Ese arahera he?

7 years ago

Kuba Perezida Kagame yakuyeho Damien si uko yamugaye, ahubwo ni ukugira ngo akazi gakorwe neza kurushaho.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In