Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

U Rwanda rufite inyota yo kuza mu bihugu 10 bya mbere mu kurwanya ruswa

admin by admin
February 3, 2021
in Politiki
0
U Rwanda rufite inyota yo kuza mu bihugu 10 bya mbere mu kurwanya ruswa
0
SHARES
12
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwo Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi gahunda ya guverinoma mu myaka itatu iri imbere, yavuze ko u Rwanda rwifuza kuba mu bihugu 10 bya mbere birwanya ruswa ku isi.

makuruki_com_37_-2.jpg

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Ni imwe muri gahunda zigiye kwibandwaho mu myaka itatu iri imbere ngo ruswa igabanuke mu gihugu nkuko byatangajwe na Minisitiri w’Intabe Anastase Murekezi .

U Rwanda rukaba rwarakajije umurego mu kurwanya ruswa, aho rwanashyizeho uburyo bwa kwitabazwa mu gihe hagaragaye ikibazo cya ruswa, harimo gushyiraho nimero itishyurwa n’ibihano bikaze ku muntu ufashwe arya ruswa.

Icyakora nubwo byagezweho , mu minsi mike ishize hakomeje kumvikana umutekeno muke ku bakozi b’umuryango ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane, aho umukozi w’uwo muryango Sharangabo Gustave Makonene yiciwe mu karere ka Rubavu umwaka ushize, kugeza ubu iperereza riracyakomeje.

Umutekano muke ku bakozi b’umuryango ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane nanone byagaragaye ku mukozi uhagarariye uwo muryango mu Rwanda Madamu Ingabire Marie Immaculee ubwo umuntu utaramenyekana yazaga ku biro bye yitwaje imbunda agatera ubwoba umurinzi w’icyo kigo amusaba kumuha nimero za telefoni ya Ingabire.

Ibyo bikaba bigaragaza ko hakiri urugendo muri gahunda guverinoma ifite yo gukomeza kurwanya ruswa, kuko hanakekwa ko abagize uruhare muri ibyo bikorwa by’umutekano muke ku bakozi ba Transparency International baba ari bamwe mu bakurikiranyweho ibyaha byo kurya ruswa.

Icyakora niba gahunda guverinoma ifite zizakurikizwa uko ziri, biragaragara ko ruswa ishobora gucika ndetse n’umutekano w’abo bakozi bashinzwe kurwanya ruswa ukiyongera kuko mu zindi gahunda guverinoma ifite harimo:

-Kubaka ubushobozi bw’ingabo z’igihugu na Polisi, ari nabo bafite inshingano zo kurinda umutekeno w’igihugu harimo n’abo bakozi.

-Ubufatanye y’inzego zigenga na Polisi mu gucunga umutekano

-Gukumira no kurwanya abantu batunga intwaro ku buryo bunyuranyije n’amategeko.

-Kongerera abanyamakuru ubushobozi , aha tubibutse ko itangazamakuru ari imwe mu nzira zikoreshwa hagaragazwa abarya ruswa cyangwa hakorwa ubukangurambaga ku buryo bwo kwirinda ruswa.

-Gushora imari mu itangazamakuru, kuko ubushobozi buke bw’itangazamakuru bishobora kuba intandaro yo kutagaragaza aho ibibazo biri bitwe n’ibura ry’ibikoresho cyangwa gushukwa na bamwe mu banyabyaha babaha amafaranga ngo batabagaragaza.

Inkuru ya Ferdinand M.

Photo: USENGA Lambert

Previous Post

Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

Next Post

Uganda: Abasore bajyanye ingurube mu Nteko Ishinga Amategeko noneho bigaragambije bafite isanduku bashyinguramo

Next Post

Uganda: Abasore bajyanye ingurube mu Nteko Ishinga Amategeko noneho bigaragambije bafite isanduku bashyinguramo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Uburusiya:Umudepite arasaba Banki nkuru kuvana igitsina cy’ikigirwamana Apolon ku noti y’ijana

7 years ago

Umuhungu wa Pele yakatiwe igifungo cy’imyaka 33

7 years ago

“Kurambika intwaro hasi kwa FDLR ni amayeri”Minisitiri Mushikiwabo

7 years ago

Ngabonziza uregwa hamwe na Lt Mutabazi ngo azi neza ko mu Rwanda hari abantu baburara

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In