Abakandida Senateri baratangira kwiyamamaza

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko ibikorwa byo kwiyamamaza ku bahatanira kwinjira muri Senta y’u Rwanda bitangira kuri uyu wa mbere taliki 26.08.2026 bikazarangira I Taliki 14.09.2024. Komisiyo y’igihugu y’amatora ivuga ko yahuye n’abakandida bose kandi ko yabaganirije ku bikorwa bagiye gutangira ibikorwa byo kwiyamamaza. Bakamenya ibyo bemerewe n’ibyo bagomba kwirinda. Umunyamabanga wa NEC Charles Munyaneza … Continue reading Abakandida Senateri baratangira kwiyamamaza