Ahmed Kajura yavuze  uko Abanyarwanda bamerewe I Maka  mu bushyuhe bukabije

  Abayoboke b’idini ya Isilamu ubu bateraniye I Maka mu mutambagiro mutagatifu  bita Hijja, bari ku munsi wa 12 w’uyu mutambagiro  uri kuba mu bushyuhe bwinshi  Hari ibihugu nka Jordinia na Iran byamaze gutangaza ko  bamwe mu baturage babyo bamaze kwitaba Imana kubera ubu ubushyuhe. Jordania yavuze ko abaturage bayo 14 aribo bamaze gupfa ariko … Continue reading Ahmed Kajura yavuze  uko Abanyarwanda bamerewe I Maka  mu bushyuhe bukabije