Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’intebe rivuga ko Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya wari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yirukanwe ku mirimo ye kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.
Hari amakuru avuga ko Dr Mujawamariya ari kubazwa ibyaha akekwaho kuba yakoreye muri Minisiteri y’Ibidukikije, ariko ko ntacyo RIB yifuje gutangaza kirenzeho ngo bitabangamira iperereza rigikomeje!
Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yagiye muri Ministeri y’abakozi ba Leta n’umurimo avuye muri Ministeri y’ibidukikije. Yabaye kandi Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya.
- Advertisement -
Umwanditsi Mukuru