Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yirukanwe muri Guverinoma

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’intebe rivuga ko Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya wari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yirukanwe ku mirimo ye kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.

Hari amakuru avuga ko Dr Mujawamariya ari kubazwa ibyaha akekwaho kuba yakoreye muri Minisiteri y’Ibidukikije, ariko ko ntacyo RIB yifuje gutangaza kirenzeho ngo bitabangamira iperereza rigikomeje!

Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yagiye muri Ministeri y’abakozi ba Leta n’umurimo avuye muri Ministeri y’ibidukikije. Yabaye kandi Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya.

- Advertisement -

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:03 am, Oct 18, 2024
temperature icon 16°C
light rain
Humidity 100 %
Pressure 1015 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:39 am
Sunset Sunset: 5:49 pm

Inkuru Zikunzwe