Saturday, March 6, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

admin by admin
October 15, 2016
in IBINDI
0
0
SHARES
48
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abantu benshi basuzugura urubuto rwitwa avoka ndetse cyane mu muco w’abanyarwanda ngo avoka ni iz’abana.Hari n’umuntu wambwiye ngo ubundi abagabo bo mu Rwanda ntibari bazi kurya avoka ngo babyigishijwe n’abazungu , nabwo ngo babanje kubaseka cyane bavuga ko nta mugabo urya avoka.

Na n’ubu hari abumva ko avoka zikiri iz’abana.Nyamara abahanga mu buzima bemeza ko avoka ari imwe mu mbuto zikungahaye kuri za vitamini zitandukanye , ndetse ifite ubushobozi bwo guhangana n’indwara mu mubiri.

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Ubushinwa: umugore afunze azira guca amabere mugenzi we akoresheje umukasi.

August 4, 2014

Dore bimwe mu byiza byo kurya urwo rubuto:

1.Kuvana impumuro mbi mu kanwa

Niba ukunda kugira ikibazo cyo kubyukana cyangwa ukiriranwa impumuro mbi mu kanwa , bigatuma utavuga aho abandi bari kubera wenda ikibazo cy’amara yazibye, atameze neza n’ibindi , avoka irabishoboye.Ifite ubushobozi bwo koza amara agacya ubundi ugasubirana impumuro nziza mu kanwa bitabaye ngombwa guhora ukoresha imiti y’amenyo.

2.Ituma uruhu rumera neza

Kubera amavuta urwo rubuto rwibitseho , rurimo intungamubiri zituma uruhu rworoha.Harimo kandi vitamini E ikiza ibikomere ku ruhu.Iyo vitamini E kandi niyo ituma habaho kuvuka kwa tumwe mu tunyangingo mugihe utundi twangiritse.Aha ho wayirya , wayisiga byose bigira akamaro ku ruhu rwawe.

3.Ni nziza ku maso

Avoka ni nziza ku maso kuko yifitemo carotenoid lutein irwanya kwangirika kw’amaso n’ubuhumyi.

4.Irinda kanseri

Kubera carotenoid lutein , umuntu urya avoka ntashobora kurwara kanseri y’ibere , kandi aside Oleique iba muri avoka nayo igabanya ibyago byo kuba warwara kanseri.

5.Ni nziza ku mutima, Inarwanya n’umuvuduko mwinshi w’amaraso

Kubera ko avoka ari ikinyamavuta , ayo mavuta ni meza kuko atuma umuvuduko w’amaraso utiyongera.Ifite kandi aside folique na vitamini B6 byose bituma umutima udahura n’ibibazo.

Twifashishije urubuga Health24.

Previous Post

Imodoka ya Volcano yakoreye impanuka muri Uganda iturutse mu Rwanda

Next Post

Maze igihe nkorana imibonano mpuzabitsina n’umuhungu dukorana ku kazi, ariko sinzi niba ankunda.Nkore iki?

Next Post

Maze igihe nkorana imibonano mpuzabitsina n’umuhungu dukorana ku kazi, ariko sinzi niba ankunda.Nkore iki?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Laboratwari y’igihugu ishinzwe gutahura ibimenyetso iri kubakwa izafasha ubushinjacyaha !

7 years ago

Yahisemo kwiyahura nyuma yo gusanga atwite inda y’umwinjira!

7 years ago

Boko Haram yashimuse abandi bagore 60

7 years ago

Impanuka idasanzwe: Abantu bagera kuri 16 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka y’imodoka i Kiziguro abandi 24 barakomereka.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In