Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Basohotse biruka bambaye ubusa bava muri lodge ubwo umuriro wibasiraga amazu I Nyabugogo

admin by admin
July 15, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
5
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwo twageraga Nyabugogo, tuganira n’abaturage bamwe bahisemo kutwibwirira ibyabatangaje, nyuma y’aho amazu atangiye gufatwaubwo inkongi y’umuriro yadukaga mu mazu amwe ari I Nyabugogo. Abagore bari aho batubwiye ko babonye abantu bari muri loge basohotse bambaye ubusa bigaragara ko bari mu bikorwa by’urugwiro, bagatungurwa bambaye ubusa bagasohoka biruka batambaye

IMG-20140715-WA0021.jpg

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

Ngabo bari binjiye mu iduka bashaka ubwihisho, bahita basohokamo nta wamenya niba bene iduka ari bo babimye ubuhungiro

Umudamu waganiriye n’umunyamakuru wacu wanze ko tumufata amajwi n’ifoto yatubwiye ati “bariya ni bo bayiteye umwaku, basambana ku manywa y’ihangu”. Undi nawe yagize ati ibi ni imperuka ni bo bari batumye aya mazu ashya”.

Nubwo nta byinshi byitaweho kuri iyi nkongi amakuru dufite ni uko iyi nzu ya Mudahemuka Felicien, igice cyimwe gikoreshwa nk’amacumbi (lodge), ahandi hagakorerwa ubucuruzi. Gusa kugeza n’iyi saha ntawuramenya icyateye iyi nkongi.

DSC_0403-3.jpg

Aba bavugwa ko basambanaga muri iyi mwe muri izi lodge, nta

wamenye irengero ryabo kuko abantu bari bahugiye mu bikorwa by’ubutabazi. Ntawashoboye kumenya amazina yabo cyangwa niba baba ari abashakanye ku buryo bwemewe n’amategeko.

Previous Post

Zambia: Utavuga rumwe na Leta yagizwe umwere nyuma yo kwita Perezida “ ikijumba”

Next Post

Uganda: Minisiteri y’ubuzima ifatanije na leta byatangije ubukangurambaga bw’amezi 12 bwo kurwanya itwara ry’inda ku bana batarageza igihe.

Next Post

Uganda: Minisiteri y'ubuzima ifatanije na leta byatangije ubukangurambaga bw'amezi 12 bwo kurwanya itwara ry'inda ku bana batarageza igihe.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

BREAKING: Inkongi y’umuriro ikaze yongeye kugaragara muri park industeiel (AMAFOTO)

7 years ago

Umutwe wa Boko Haram wigambye ko ariwo washimuse abana b’ abakobwa bo muri Nigeria

7 years ago

Dore abantu Polisi iri guhiga bikomeye kubera ubujura

7 years ago

Miliyari 1,7 azakoreshwa muri Gahunda ya Ndi umunyarwanda, angana na ½ cy’Ingengo y’Imari ya Komisiyo y’ubumwe n’Ubwiyunge muri mwaka wa 2014-2015!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In