Inganda zikora udukingirizo muri Bresil ahakomeje kubera imikino y’igikombe cy’isi ubu ziri kuyora amafaranga kubera abakiriya benshi, ariko hari akari guca ibintu ngo gahumura nka Cairipirinha, ikinyobwa cyo muri Bresil.
Ngubwo ubwoko bw’udukingirizo bwaciye ibintu mu gikombe cy’isi
Miliyoni zirenga ebyiri z’utu dukingirizo zari zimaze kugurishwa mu gikombe cy’isi kugeza kuwa kane ushize. Ngo igituma dukunzwe cyane nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru CBA. CA ngo ni impumuro yatwo imeze neza nk’iy’ikinyobwa cyo muri Bresil cyitwa Cairipirinha. Utu dukingirizo tukaba dushushanyijeho amabara agize ibendera rya Bresil.
Utu dukingirizo tukaba twaciye ibintu, kuko ngo hari n’abari gukora imibonano mpuzabitsina atari ububera ubushake ahubwo bitewe n’ubwiza bw’utwo dukingirizo.
Ferdinand M.