Saturday, March 6, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Dore Imwe mu myitwarire itajya ibura mu Banyeshuri bari muri za Kaminuza

admin by admin
May 9, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
3
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nkuko urubuga Howwe.biz rubitangaza, ngo hari ibintu cyangwa se imyitwarire itajya ibura muri Kaminuza.

images1.jpg

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

1. Inda zitateguwe

Bamwe mu bakobwa bari muri kaminuza usanga batwara inda zitateguwe: Aha ngaha ngo kuva na kera nta munsi batigisha ijambo ry’Imana muri kaminuza ariko ntibashobora kubireka, ibi byo byarananiranye ngo kubigisha kureka ubusambanyi ngo niyo wazana ababwiriza butumwa bameze gute uba urimo guta igihe. Ku bwabo ngo bumva ko gukora imibonano mpuzabitsina biryoha kurusha inama wabagira ikindi kandi ngo kubabwira udukingirizo ngo abenshi ntibabyumva kuko babyumva ngo nta nda zasamwa zidateguwe zabaho.

2.Ubujura

Buriya ngo umukobwa wiga Kaminuza yakwemera akaniba n’akantu k’amafuti ariko ngo ntabure mukabyiniro, ngo buriya kuwa gatanu ntashobora kubura gusoka ngo niyo byagenda gute , ibi bikaba byatuma anakorakora bitari bikwiye. Ngo buriya niyo yaba azi ko yahurirayo n’ibyago bimeze gute hanze ngo ntashobora kureka gusohoka, kurangiza kubyina ngo ntajya akangwa no gutaha saa cyenda za mugitondo.

3.Umunaniro udasanzwe

Buriya ngo ntibajya batandukana n’umunaniro udasanzwe wo kuwa mbere baba bakuye mumpera za week-end, kwiga usanga abenshi ngo babwira bagenzi babo kubafasha, kuko usanga bakunda kwibera mu mazu acururuzirwamo ibijyanye na internet, kwirebera amafimi , kubabaza ibizami ngo ashwi ! kuko kwiga kujyayo ni hamana.

4.Kuneka iwabo

Ngo buriya kandi abakobwa bagiye gusohoka ntibatana no guhamagara ngo babanze baneka amakuru yo murugo iwabo kugirango yumve niba ntamuntu w’iwabo bahurirayo bikamubyarira utubazo.

Gusa ngo kandi bakunda guhamagara cyane kurusha uko bajya murugo kugirango batababaza ibintu byinshi bagakoresha telefone.

Iki kinyamakuru gisoza kivuga ko akenshi umunyeshuri wa Kaminuza, iyo yicaye kuntebe y’ ishuri aba atekereza ukuntu nasohoka mu ishuri azahita abona akazi keza kamuha umushahara mwiza, inzu nziza, imodoka nziza, umugore cyangwa umugabo yifuza ariko akenshi iyo ageze hanze asanga byose byari nk’ inzozi ntabashe kubibona kuko ntawubona ibyo atakoreye.

Previous Post

Telefone zigiye gufasha Umujyi wa Kigali kwihutisha gahunda yo Kwishyura ibyangombwa by’ ubwubatsi

Next Post

Bamaze kwandika Izina mu Mujyi wa Kigali bidasubirwaho! Ese wari ubazi cyangwa uzi impamvu bahitirirwa?

Next Post

Bamaze kwandika Izina mu Mujyi wa Kigali bidasubirwaho! Ese wari ubazi cyangwa uzi impamvu bahitirirwa?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

u Rwanda rweretse Congo ko rutari agafu k’imvugwarimwe

7 years ago

“Kwambara ipantalo igwa cyangwa ijipo ngufi ntibihesha agaciro umunyarwanda” Itorero ry’igihugu I Gabiro

7 years ago

Impuguke mu myororokere zirashimira u Rwanda ku itegeko ryo gukuramo inda

7 years ago

Abanyarwandakazi bari mu Nteko Nshinga Amategeko y’u Rwanda ntibemeranya n’ibisabwa na Sosiyete sivili

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In