Kuri uyu wa Kane Mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, abagore babiri barwabye inkundura kugeza ubwo umwe aruma mugenzi we akenda kumuca intoki.
Nubwo aba bagore bataremerera itangazamakuru ko amazina yabo ajya ahagaragara, mu mafoto umunyamakuru wacu uhatubereye yabashije kudufatira arerekana neza uko umurwano waje kurangira.
Uwakomeretse akaba yahise ajyanwa kwa muganga naho uwamukomerekeje we akaba agiye kuba acumbikiwe muri gereza.
Turacyakomeza kubakurikiranira iyi nkuru.