Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

KIGALI: Umuturage yabajije ikibazo Mayor abeshyera umuturanyi we kugira ngo agaragare kuri Televiziyo.

admin by admin
June 13, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

DSC_10431.jpg

Ubwo umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Fidele Ndayisaba yasuraga abaturage batuye umurenge wa Jabana, yaganiriye n’ abaturage nyuma aza kubaha umwanya wo kungurana ibitekerezo no kubaza ibibazo bimwe na bimwe bibakomereye.

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

DSC_1020.jpg

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Fidele Ndayisaba

Haje guhaguruka umugore ukuzeho uri mu kigero cy’ imyaka nka 55 witwa Mukagatera, abaza ikibazo cy’ abantu ngo bamwanga.” Ikibazo cyanjye ni icy’ umuntu unyanga buri munsi! nabivuze cyera, ntaramwiyamye ntiyumva…”

DSC_1044.jpg

Mukagatera abaza ikibazo cye ngo yifuzaga kugaragara kuri Televiziyo

Ubwo umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Fidele Ndayisaba yari agiye gusubiza iki kibazo, yavuze ko atagisobanukiwe neza kuko yabonye Mukagatera ari umuntu mwiza nta mpamvu ko uwo muturanyi we yamwanga. yahise asaba umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Jabana Shema Jonas, ko yagira icyo abivugaho niba hari icyo abiziho, Jonas yijeje Mukagatera ko niba hari umuntu umwanga koko, bazamumerera nabi kuko muri uyu Murenge wa Jabana batorora urwango.

DSC_1054.jpg

Shema Jonas, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Jabana

Gusa icyaje gutangaza abantu ni uko, umwe mu bakozi b’ umurenge yaje akabwira Gitifu ko uwo muturage amwongoreye ko ntakibazo afite ahubwo yashakaga kugaragara kuri Televiziyo.

DSC_1043.jpg

Abayobozi batangajwe no kumva ko uyu muturage yashakaga kugaragara kuri Televiziyo

Soma hano inkuru ya Mayor asura abatuye umurenge wa Jabana

Twabibutsa ko uru rugero rw’ umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali, ruri muri gahunda ze zo gusura abaturage no kureba ko ibikorwa by’ amajyambere bagenerwa bibageraho.

DSC_0914.jpg

Abatuye umurenge wa Jabana bishimiye gusurwa n’ umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali

Evode Mz

Previous Post

Nubwo Congo yahakanaga ko abasirikare bapfuye atari abayo, imirambo yabo yaraye ijyanywe muri Congo mu ijoro!

Next Post

Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali yasabye abatuye Jabana kwishyura ku gihe ubwisungane mu kwivuza no kwita k’ umutekano.

Next Post

Umuyobozi w' umujyi wa Kigali yasabye abatuye Jabana kwishyura ku gihe ubwisungane mu kwivuza no kwita k' umutekano.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Byari umunezero mwinshi kuri Chorale Christus Regnat mu gitaramo cyabo

7 years ago

WIP: Perezida KAGAME asanga gahunda yo guteza imbere umugore ari imwe muri gahunda ijyanye no kwibohora!

7 years ago

Kigali:Hagiye gutangizwa uburyo bwo kwishyura amatike y’imodoka hakoreshejwe ikoranabuhanga.

7 years ago

Papa Francis yatangaje amategeko 10 yo kubaho wishimye harimo n’iryo gufunga televiziyo ugiye kurya

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In