Sunday, March 7, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Scotland:Abaganga bavanye igikinisho mu gitsina cy’umugore kimazemo imyaka 10

admin by admin
July 25, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore wo mu mujyi wa Aberdeen bamusanzemo igikinisho cyari imbere mu gitsina cye , nyuma yo kujya kwa muganga avuga ko afite ikibazo cyo kunanuka bikabije.

Sex-toy.jpg

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

Icyuma cyamubonyemo ikintu cya sentimetero 11

Uwo mugore w’imyaka 38 yagiye kwa muganga avuga ko afite ikibazo cyo kunanuka bikabije , gucika intege no kugira ibibazo ari kwihagarika.

Abaganga babonye bikomeye bahisemo kumunyuza mu cyuma ngo barebe ikibazo afite.Icyuma cyaberetse ko imbere mu gitsina cye harimo ikintu cya sentimetero 11.Abaganga bahise bakora ubutabazi bwihuse bakimukuramo , gusa baza gutangazwa n’uko ari igikinisho abagore bakoresha bikinisha.

Uwo mugore yavuze ko yigeze kuza yasinze we n’umugabo we baragikoresha bibagirwa kugikuramo , hakaba hashize imyaka icumi.Icyakora ngo ntiyari akibyibuka.

Inzobere zandika mu kinyamakuru Sexual Medicine zatangaje ko ibyo bintu bidakunze kubaho , gusa ngo ibyo bari basanzwe babona n’ibya plasitiki akenshi bihera mu bitsina by’abagore igihe bari gukoresha bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro.

Uwo mugore bakimara kumukuramo icyo kintu , indwara yari afite zose zahise zikira.

Ibimeze bityo byigeze kuba ku mukecuru w’imyaka 72 muri 2009 , ubwo bamukuragamo ikintu gifite sentimetero 3 kuri 5 , icyakora yaba abaganga n’uwo mukecuru ntibabashije kumenya icyo ari cyo.

Previous Post

Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bahenze ku isi n’amakipe yagiye abagura.

Next Post

Perezida Paul Kagame yasoje itorero ry’igihugu ry’abanyeshuri biga mu mahanga i Gabiro.

Next Post

Perezida Paul Kagame yasoje itorero ry'igihugu ry'abanyeshuri biga mu mahanga i Gabiro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Perezida Kabila arahamagarira abakongomani bari hanze y’igihugu gutaha

7 years ago

Urubuga nkoranyambaga facebook rwahagaritswe muri Thailand

7 years ago

Hehe n’ibinini, inshinge !! .Havumbuwe uburyo bushya bwo kuboneza urubyaro hakoreshejwe telecommande

7 years ago

Igisasu cya Gerenade cyatahuwe ku biro by’Akagali ka Karambo mu Murenge wa Gatenga.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In