Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Ubuhinde: Abaganga bakuye umwana w’umuhungu amenyo 232.

admin by admin
July 24, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihugu cy’Ubuhinde hari kuvugwa inkuru idasanzwe y’abaganga bakoze operation kuri ubu ishobora kuba ari n’iya mbere ku isi aho abo baganga babaze umwana mutoya w’umuhungu bakabasha kumukuramo amenyo agera kuri 232.

teet.jpg

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

Abaganga bo mu gihugu cy’Ubuhinde mu bitaro bya Mumbai bakuye umwana muto w’umuhungu witwa Ashik Gavai amenyo agera kuri 232. Uyu mwana w’imyaka 17 y’amavuko ngo kuwa mbere w’iki cyumweru nibwo yagiye gushaka abaganga b’amenyo ababwira ko yabyimbye cyane ishinya yo mu musaya w’iburyo.

Aba baganga rero ngo babanje kubifata nk’ibyoroshye nyuma baza gutungurwa no gusanga ari amenyo abyimbyemo

Umwe mu baganga b’amenyo bamufashije muri icyo kibazo cye Sunanda Dhivare-Palwankar aragira ati ” byadutwaye amasaha agera kuri 7 nubwo twabanje kugira ngo ni ibintu byoroheje. Twabanje kubaga ishinya ariko uko twinjiramo imbere tugenda tubona utwinyo twinshi duto tumeze nk’urubura ariko na none tw’utugufwa.”

t.jpg

Se w’umwana Suresh Gavai we yatangarije ikinyamakuru the mirror ko ukubyimba kwe kwari kwabateye ubwoba bazi ko ari indi ndwara ijya ifata abana b’abhungu ku bury ouwo ifashe akurerwa ubutabazi bwihutirwa izwi ku izina rya malignant mu ndimi z’amahanga. Se yagize ati ” twabanje kugirango ni cancer niko guhita tujya ku bitaro bta Mumbai.”

Undi muganga kuri iryo vuriro Dhivare-Palwankar yagize ati ” twabanje kumukuramo amenyo 37 ariko hamwe n’itsinda twakoranye nyuma twongeye kubara amenya agera kuri 232 yose yakuwe mu kanwa ka Gavai.” yakomeje avuga ko ibyo babonye bigomba kumenyekana mu rwego rw’isi kuko bidasanzwe.

tee.jpg

Abaganga ba Gavai bakomeje batanga icyizere ko ibikomere by’ahavuye aya menyo yose bishobora kuvurwa bigakira neza nta yindi nkurikizi cyangwa ibindi bisabwa.

NSENGIMANA J Mermoz

Previous Post

Nigeria: Abantu 46 baraye baguye mu gitero cy’abiyahuzi.

Next Post

Hamas ntizahagarika imirwano ,Israel itaretse ibikorwa byayo byo gumukumira abanyapalestine

Next Post

Hamas ntizahagarika imirwano ,Israel itaretse ibikorwa byayo byo gumukumira abanyapalestine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Monusco yahakanye yivuye inyuma ko idafasha umutwe wa FDLR

7 years ago

“Nyuma y’urugamba rw’amasasu hasigaye urugamba rwo kwikenura”James KABAREBE

7 years ago

Yasize yishe umugore we mbere yo kujya kwirebera umukino w’ igikombe cy’ isi wahuzaga Ubutaliyani n’ ubwongereza!

7 years ago

Yemwe abibutsa Uwiteka ntimugatuze, ntimukamuhwemere kugeza ubwo azakomeza u Rwanda akahindura ishimwe mu isi!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In