Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Ubwongereza: Abakobwa Facebook yavaniyeho amafoto bambaye ubusa barayisaba kuyasubizaho(Reba amafoto)

admin by admin
July 18, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Facebook yakuyeho amafoto y’abakobwa bo mu Bwongereza bashyizeho bambaye ubusa, ivuga ko agaragaza ubusambanyi ariko abo bakobwa barayisaba ko iyasubizaho kuko bari bari kwishimisha banshaka ubufasha kandi ngo hari n’andi mafoto menshi ari kuri Facebook ameze nk’ayabo.

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

girl.jpg

Abo bakobwa bagaragara bahagaze mu bwato no ku kiyaga cya Avon , aho bifotoje nta mwenda n’umwe ubarangwaho.Bakaba baranatanze amafaranga angana n’amayero 3400 bayaha ikigo Macmillan Cancer Support ngo kibamamarize ayo mafoto binyuze ku mbuga nkoranyambaga harimo Facebook na Twitter.

nugde.jpg

Bakaba bari bise Paji yabo ya Facebook Warwick Rowing’s Women Calendar ariko Facebook iza gukuraho iyo paji iyishinja gukwirakwiza amafoto yamamaza ubusambanyi.

Nyamara abo bakobwa bo bavuga ko ibyo Facebook yakoze ari ukubicira amahirwe yo kwibonera amafaranga yo gufasha.Umwe muri abo bakobwa wiga amateka na politiki muri kaminuza witwa Sophie Bell yagize ati : “Bavuga ko aruko twambaye ubusa ariko nta mategeko yabo twarenzeho kandi amafoto yose dushyiraho ntabwo ari mabi cyangwa ngo abe adakwiriye.”

girel.jpg

Akomeza avuga ko icyo bashaka ari amafaranga yo gufasha atari ubusambanyi.Akaba yibaza impamvu hari Paji y’abahungu bashyizeho amafoto yabo bambaye ubusa ubwo bari bagiye gufasha ntibayikureho ariko bo bakabakuriraho amafoto.

giru.jpg

Sophie ari kumwe na Hattie na Frankie Selzano

Uwitwa Hettie Reed na we uri muri ayo mafoto yagize ati : “Abakobwa bose(ku mafoto) barikinze kandi amafoto yacu yarashimwe kubera ubuhanga n’ubwiza karemano”.

Umuvugizi wa Facebook yavuze ko ayo mafoto yavanyweho kubw’akabazo gato ariko ngo bari kugerageza kuyasubizaho.

Amafoto bifotoje

girlv.jpg

girnu.jpg

girlu.jpg

Nude-charity-rowing-calendar.jpg

Ese wowe urabona aya mafoto akwirakwiza ubusambanyi?

Ferdinand M.

Previous Post

Man City irasabwa miliyoni 50 z’amayero yo kugura umukinnyi Ross Barkley ugomba gusimbura Yaya Toure.

Next Post

Rihanna yiyamye Karrueche kutongera kuvuga izina rye mu rukundo rwe na Chris Brown

Next Post

Rihanna yiyamye Karrueche kutongera kuvuga izina rye mu rukundo rwe na Chris Brown

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Kigali: Umujyi wa Kigali n’ abatwara abagenzi kuri Moto biyemeje kurwanya Inyeshyamba

7 years ago

Imyigaragambyo simusiga mu mijyi muri Turkiya nyuma yaho abagera kuri 274 bapfuye amanzaganya!

7 years ago

Hahirwa abafite inzara n’ inyota byo gukiranuka kuko ari bo bazahazwa!

6 years ago

Imirwano yatangiye muri Ukraine yahitanye benshi

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In