Saturday, March 6, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Umugore uryamana n’ abo bahuje igitsina yagizwe Minisitiri

admin by admin
May 29, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore witwa Lynne Brown ukomoka uri Afurika y’ epfo yagizwe Minisitiri w’ inganda za Leta n’ ubwo asanzwe azwiho ko aryamana n’ abo bahuje igitsina (lesbian).

Lynne-Brown.jpg

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

Lynne Brown, Minisitiri w’ Inganda za Leta

Nyuma y’ uko yongeye gutorerwa kuyobora igihugu cya Afurika y’ epfo, Perezida Jacob Zuma yemeje ko Lynne Brown ariwe Ministre mushya w’ inganda za Leta. Uyu mugore ni umutinganyi ubyemera mu ruhame. Biravugwa ko ari ubwa mbere muri Africa ibi bibayeho.

born 26 September 1961

Lynne Brown yavutse Taliki ya 26 nzeri 1961, avukira muri Cape Town, yiga amashuri ya Kaminuza i Londres mu Bwongereza.

Ubusanzwe ntabwo aba mu bantu baharanira uburenganzira bw’abatinganyi, cyane ko muri Africa y’Epfo ho abatinganyi cyane cyane b’abagore bakunda gukorerwa ihohoterwa.

thumb-php.jpg

Perezida Zuma ati n’ ubwo uri umutinganyi ngwino uyobore inganda za Leta

Nubwo atabavuganira abo ku ruhande rwe b’abatinganyi batangiye gutangaza ko ari intambwe ikomeye itewe mu kugira agaciro mu muryango wabo muri icyo gihugu no muri Africa y’Epfo by’umwihariko.

Africa y’Epfo nicyo gihugu cya mbere muri Africa cyatanze uburenganzira bwo gushakana ku batinganyi, nubwo Perezida Zuma, we uzwiho kugira abagore benshi, atigeze agaragara nk’umuntu ushyigikiye iby’ ubutinganyi.

Perezida Zuma kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo yarahiye kuyobora manda ya kabiri, yanatangaje guverinoma ye irimo kandi umugabo witwa Nhlanhla Nene umwirabura wagizwe Ministre w’Imari bwa mbere muri icyo gihugu.

Previous Post

Umuherwe w’ikipe ya Mancheter United yitabye Imana

Next Post

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Tanzaniya yongeye gushimangira ko abarwanyi ba M 23 ari abanyarwanda

Next Post

Minisitiri w' ububanyi n' amahanga wa Tanzaniya yongeye gushimangira ko abarwanyi ba M 23 ari abanyarwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Uganda: Umupolisi yarashe umunyamakuru ntiyapfa undi aramufunga.

7 years ago

Papa Francisko ari mu ruzinduko rwe rwa mbere mu burasirazuba bwo hagati!

7 years ago

Ifaranga ryimuye Kanye West n’umugore we mu nzu, bakaba bagiye kuyishyira ku isoko

7 years ago

Israel yinjiye ku butaka bwa Palestine

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In