Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IBINDI

Yasize yishe umugore we mbere yo kujya kwirebera umukino w’ igikombe cy’ isi wahuzaga Ubutaliyani n’ ubwongereza!

admin by admin
June 17, 2014
in IBINDI
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umutariyani Carlo Lissi w’ imyaka 31 y’ amavuko yishe umugore we w’ isezerano witwa Crisina Omes w’ imyaka 38 n’ abana 2 babyaranye kubera ko yarari mu rukundo nundi mugore, maze ajya kwirebera umupira w’igikombe cy’isi wahuzaga ikipe y’igihugu cye n ’Ubwongereza hamwe n’ inshuti ze.

arton12886-6944c.jpg

Related posts

Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

February 3, 2021

Aho ntiwajyaga usuzugura abarya avoka? Reba ibyiza 5 byo kurya urwo rubuto

October 15, 2016

Umurambo w’uyu nyakwigendera Cristina Omes,ndetse ni y’abana be 2 Giulia w’imyaka 5 y’amavuko na Gabriele w’umwaka 1 n’amezi 8 y’amavuko bayisanze iwabo mu rugo aho bari batuye, ikindi iyi mirambo nuko yarifite ibikomere yose nk’uko Polisi ya hariya mu gihugu cy’ubutaliyani yabitangaje.

Ubuyobozi bwa polisi ya hariya, buvuga ko aba bantu bishwe mu ijoro ryo kuwa gatandatu. Carlo Lissi akimara gukora ayo mahano mu ma saa tanu n’igice z’ijoro nibwo yahise afata inzira yerekeza aho yagiye kurebera umupira, nk’uko polisi ibitangaza ngo imbunda yaramaze kubicisha yatoraguwe mu nzira maze igezwa kuri polisi batangira gukora iperereza.

Uyu mugabo Lissi avuga ko icyamuteye kwica izi nzirakarengane ari ukubera yari afite undi mugore bari mu rukundo kandi ashaka ko barushingana ariko akabona aba bandi bamuvangira nuko ahitamo kubivugana.

Umukino ukaba wararangiye Ikipe y’ Ubutariyani itsinze Abongereza ibitego 2 – 1

Previous Post

KIGALI: Imodoka ebyiri zibwe muri gihugu cya Kenya zikagurishwa mu Rwanda, zashyikirijwe Polisi y’Icyo gihugu

Next Post

Abayoboye u Rwanda na Guverinoma y’Ubumwe muri iyi myaka 20 ishize, ni iki bibukirwaho n’abanyarwanda?

Next Post

Abayoboye u Rwanda na Guverinoma y’Ubumwe muri iyi myaka 20 ishize, ni iki bibukirwaho n’abanyarwanda?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Perezida Uhuru Kenyatta yagaye igihugu cye n’akarere muri rusange kuba ntacyo bakoze ngo bafashe ababohoraga u Rwanda!

7 years ago

Airtel yazanye agashya ku bakiriya bayo yise “IGITEGO Promotion”

7 years ago

Amafoto abakinnyi ba Orlando Pirates bifotoje bamabye ubusa ashobora kubakoraho

7 years ago

Kabuhariwe muri Formula 1 Michael Schumacher, nyuma y’ amezi 6 yavuye muri koma!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In