Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IMIBEREHO MYIZA UBUREZI

Perezida Paul Kagame yasoje itorero ry’igihugu ry’abanyeshuri biga mu mahanga i Gabiro.

admin by admin
July 25, 2014
in UBUREZI
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Related posts

Ubu kwiga Kaminuza za Leta ntibikiri agashya , agashya ni ukuzirangizamo

July 27, 2014

Minisiteri y’uburezi ihinduriwe abayobozi , Ese ntaho bihuriye no gusubira inyuma kw’ ireme ry’Uburezi?

July 24, 2014

Kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nyakanga, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’uRwanda Paul Kagame yasoje ku mugaragaro itorero ry’igihugu ry’abanyeshuri biga hanze y’igihugu i Gabiro.

kagame-3.jpg

Perezida Kagame aganira n’abanyeshuri/Photo umuseke

Iri torero ry’igihugu rimaze ibyumweru 2 ribera ahasanzwe hatorezwa igabo z’igihugu i Gabiro mu karere ka Gatsibo ryatangiye tariki 13/7/2014 rikaba ryasojwe uyu munsi , ryari ryitabiriwe n’abanyeshuri b’Abanyarwanda bagera kuri 269 barimo abakobwa 63 n’abahungu 106 bose bagiye baturuka mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi.

Muri uyu munsi mukuru wari witabiriwe na bamwe mu bayobozi batandukanye harimo vise Perezida muri komisiyo y’itorero ry’igihugu Bayingana umutahira mukuru w’itorero ry’igihugu Boniface Rucagu, Minisitiri w’uburezi mushya Silas Lwakabamba ari na we wagejeje impamyabumenyi kuri abo banyeshuri muri n’abandi banyacyubahiro.

Aba banyeshuri kandi bashimiye uburyo batojwe bakigishwa indangagaciro na kirazira bigomba kuranga buri munyarwanda wese aho yaba ari hose, aho bavugaga ko basobanuriwe byimazeyo ku bijyanye n’amateka, umutekano, ishoramari ndetse banakangurirwa gukurikiza gahunda ya ndi umunyarwanda.

Mu magambo atandukanye aba bayobazi bafata bagiye bagaruka ku kurangwa n’izi ndangagaciro ndetse no guharanira iterambere ry’igihugu n’ubusugire bwacyo batitaye ku ho baba bari hose.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasoje nawe yunga mury’abamubanjirije asaba abo banyeshuri gukomeza guharanira kwitwa abanyarwanda mu ijambo rye aho yagize ati “Wamarayo imyaka myinshi, wakorayo cyangwa se ugahahamayo, ntibizakubuze kwitwa umunyarwanda. Icya mbere ni ukubyumva neza ukabyifatamo neza”

Perezida Kagame Paul kandi yasoje asubiza bimwe mu bibazo abo banyeshuri bamubajije abamara impungenge n’amatsiko y’ibyo bibazaga byose.

NSENGIMANA J Mermoz

Previous Post

Scotland:Abaganga bavanye igikinisho mu gitsina cy’umugore kimazemo imyaka 10

Next Post

Umugabo yashyize ifoto ahagaragara avuga ko yaba yarafotoye Imana.

Next Post

Umugabo yashyize ifoto ahagaragara avuga ko yaba yarafotoye Imana.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Oda Pacy aravuga ko abakwirakwiza amakuru ko atwite ari abo bagiranye ibibazo!

7 years ago

Itangazo rigenewe abasomyi b’Ikinyamakuru MakuruKi.com!

7 years ago

Airtel yazanye agashya ku bakiriya bayo yise “IGITEGO Promotion”

7 years ago

Ubwongereza: Abakobwa Facebook yavaniyeho amafoto bambaye ubusa barayisaba kuyasubizaho(Reba amafoto)

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In