Sunday, March 7, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IMIBEREHO MYIZA UBUZIMA

Menya uburyo wafasha umwana ufite indwara y’imyuna

admin by admin
June 26, 2014
in UBUZIMA
0
0
SHARES
3
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

1403544917.jpg

Ese umwana wawe yaba akunda kuva imyuna? Byigutera ubwoba kuko nta gishya kirimo, nk’uko bitangazwa n’abahanga mu ndwara yo kuva imyuna.

Related posts

Wari uzi ko abantu bapfa biyahuye hari icyo baba bahuriyeho mu maraso? Wari uzi ko se umubare w’abapfa biyahuye ushobora kugabanuka?

August 1, 2014

Mu mwaka umwe Malariya iraba yabonewe urukingo

July 30, 2014

Niba bibaye dore icyo ugomba gukora

1. Myira umwana vuba:

Kumyira umwana ni cyo kintu cya mbere ugomba guhita ukora warangiza ugakanda buhoro izuru ukoresheje intoki. Ibi bizatuma kuva imyuna bihagarara mu gihe gito.

Kugira ngo amaraso yongere gufata, shaka agatambaro gasukuye neza ukamushyire mu mazuru mbere yo kongera kumufunga izuru bwa kabiri ukoresheje intoki. Ushobora gukoresha na none agatambaro karimo ikibumbe cy’amazi akonje (glaçons) ukakamushyira ku zuru n’abundi. Gusa ntuzakoreshe agatambaro kariho amazi ya Oxygène kuko ashobora gutuma ahita abura umwuka.

Icyo ugomba kwirinda igihe umwana wawe arimo kuva imyuna, ni ukumucurika umutwe uwujyana inyuma kuko bituma amaraso atabona uko asohoka, akaba yamuhera mu muhogo akabura uko ahumeka; ibyo bikaba byanamuviramo urupfu.

2. Ushobora kumuryamisha akaruhuka

Ukimara kubona ko umwana agiye kuva imyuna, ugomba guhita umubuza kwipfuna cyangwa kongera gushyira intoki mu mazuru kuko bishobora gutuma imyuna yongera kuva. Ariko ugomba gusaba umuganga ukurikiranira hafi umwana wawe kuguha amavuta (pomade) agufasha koroshya ikibumbe cy’amaraso bikaba byagufasha guhanagura mu mazuru h’umwana wawe.

Igihe nta tubumbe w’amaraso turi kuza, amaraso akomeza kuza nk’amazi ugomba guhita wihutira kujyana umwana kwa muganga bakaba ari bo bareba uko bahagarika iyo myuna.

3. Kuba ahantu hakonje

Mu gihe cy’imvura aho ikirere kiba gikonje, hakunze kubaho ko abana bava imyuna. Ibi bikaba biterwa no kuba mu bihugu bikonja cyane, bagerageza gushaka ubushyuhe mu buryo bwose bushoboka .Umwuka ushyushye rero utuma mu izuru huma,

amatembabuzi yagombaga gutuma hatabaho kuva imyuna agashiramo bigatuma umawana ava imyuna. Akaba ari yo mwamvu umwana ukunda kugira ikibazo cyo kuva imyuna ugomba kumurinda ahantu hari umwuka ushyushye.

Gusa abantu bakuru na bo bashobora kuva imyuna biturutse ku mwuka ushyushye ariko bikaba biterwa n’uburwayi nk’impyiko cyangwa umuvuduko udasanzwe w’amaraso. Niba ukunze guhura n’ikibazo cyo kuva imyuna usabwe kwirinda kunjywa ibinini bya aspirine igihe cyose ufite aho ubabara mu mubiri ahubwo ukoreshe paracetamol zo zitagira ingaruka mbi ku mimerere y’amaraso (coagulation).

Previous Post

ICGLR irasabwa gutumiza U Rwanda na Kongo ku kibazo cy’imipaka

Next Post

Ya ndege yabuze igiye gushakishwa bundi bushya

Next Post

Ya ndege yabuze igiye gushakishwa bundi bushya

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Miley Cyrus yanyomoje amakuru y’urupfu rwe ashyira hanze amafoto yambaye ubusa igice cyo hejuru

7 years ago

Perezida Kagame yakiriye Tony Adams wamushyikirije impano yagenewe na Arsenal FC

7 years ago

Amerika: umugore n’umugabo bafunzwe bazira gusambanira ku gasozi munsi y’umusaraba uri ku rusengero

7 years ago

Umutekano Wakajijwe mu mujyi wa Mombasa ,mugihe abayisilamu bari mu gisibo

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In