Saturday, March 6, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home IMIBEREHO MYIZA UBUZIMA

Mu mwaka umwe Malariya iraba yabonewe urukingo

admin by admin
July 30, 2014
in UBUZIMA
0
0
SHARES
8
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihugu cya Thailand, ubushakashatsi ku bijyanye n’indwara ya Malaria bwerekanye ko nyuma y’umwaka umwe gusa impuguke mu kuvura iyi ndwara ziba zashyize ku mugaragaro urukingo rwa Malaria.

malaria-b7656.jpg

Related posts

Wari uzi ko abantu bapfa biyahuye hari icyo baba bahuriyeho mu maraso? Wari uzi ko se umubare w’abapfa biyahuye ushobora kugabanuka?

August 1, 2014

Nyanza:Uwari umunsi w’ibyishimo ku bageni wababereye uw’umubabaro

July 28, 2014

Izi mpuguke ku bijyanye n’indwara ya Malaria zo mu gihugu cya Thailand, n’Ubwongereza, ziremeza ko nyuma y’umwaka umwe uru rukingo rwa Malaria ruba rwamaze kwemezwa mu rwego mpuzamahanga rukaba ari n’urwa mbere rugaragaye ku isi rubasha kuba rwakingira iyi ndwara.

Aba bashakashatsi bemeza ko mu bana 1000 bashobora gukingirwa indwara ya Malaria, byibura ku bushobozi bagezeho kuri ubu 800 muri bo bashobora kutarwara iyi ndwara mu gihe cy’imyaka 3 kuva bafashe urukingo. Ibi bivuze ko uru rukingo rufite ubushobozi bwo kurinda indwara ya Malaria mu gihe kingana n’amezi 18.

Kuri ubu ikigo gishinzwe gutegura uyu muti uterwa mu rukingo rwa Malaria (GSK), gitangaza ko gitegereje uburenganzira bwo gukoresha imiti yacyo mu buryo bwemewe n’amategeko mpuzamahanga nkuko bitangazwa n’impuguke mu gukurikinara indwara ya Malaria muri Kaminuza ya St. George i London mu Bwongereza Sanjeev Krishna.

Uyu muganga yatangarije BBC ko yafashe iyi gahunda mu rwego rwo guhashya icyorezo cya Malaria gikunze guhitana cyane abana bari munsi y’imyaka 5 ku mugabane w’Afurika, cyane mu bihugu bibarirwa munsi y’ubutayu bwa Sahara.

Sanjeev Krishna, akomeza avuga ko byibura abantu 800000 bapfa buri mwaka bazize Malaria. Akomeza kandi asaba ibihugu by’Afurika gushyigikira iyi gahunda y’ikingira rya Malaria kuko ngo uru rukingo ruzajya rutangirwa ubuntu.

Ibi bizagerwaho ariko ntibigomba no kuzatuma abaturage bareka gahunda bari barashyiriweho ndetse bakanatangira kuyishira mu bikorwa yo kwirinda Malaria baryama mu nzitiramibi zikoranye umuti no kwitabira gahunda z’isuku aho batuye.

NSENGIMANA J Mermoz

Previous Post

Green Party irasaba polisi gukora iperereza ryimbitse ku iterabwoba ryakorewe Ingabire Marie Immaculee

Next Post

Lt Joel Mutabazi yasabiwe gufungwa burundu no kwamburwa amapeti

Next Post

Lt Joel Mutabazi yasabiwe gufungwa burundu no kwamburwa amapeti

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Ubushinwa: umugore afunze azira guca amabere mugenzi we akoresheje umukasi.

7 years ago

Abayobozi b’ishyaka Green Party bahuye na Minisitiri w’umutekano ku kibazo cya Jean Damascene Munyeshyaka

7 years ago

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

7 years ago

GASANA Celse Gitifu w’Akarere ka Muhanga amaze gutabwa muri yombi mu masaha make ashize!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In