Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imikino

FERWAFA: “Sinigeze mvugana na Luc Emayeal mperuka ansaba gutoza Amavubi” NZAMWITA De Gaulle

admin by admin
May 20, 2014
in Imikino
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’ibyatangajwe mu gitondo cy’uyu munsi n’ibitangazamakuru binyuranye ko umutoza wahoze atoze ikipe ya Rayon Sports Luc Emayeal y’uko yaba yarasabwe n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Bwana NZAMWITA De Gaulle ko kugira ngo agabanyirizwe ibihano ari uko yakwemera gutoza APR FC, uyu muyobozi arabihakana ko ntacyo yigeze avugana nawe.

chairman-vincent-nzamwita-degaule.jpg

Related posts

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

February 3, 2021

Nzamwita De Gaulle, Perezida wa FERWAFA

Mu kiganiro Makuruki.com yagiranye na Nzamwita De Gaulle kuri iki gicamunsi , yadutangarije ko ibyavuzwe na Luc Emayeal atari byo, ko ibyo bavuganye nawe ari ibirebana no gutoza ikipe y’igihugu Amavubi. “..sinigeze mvugana nawe, mperuka ansaba gutoza Amavubi, mubwira ko anyura mu nzira abandi banyuramo” De Gaulle asubiza MakuruKi.com.

AFC-Luc-Eymael-3-300.jpg

Umutoza Luc Emayeal

Nkuko Nzamwita De Gaulle abivuga icyo yemera yaba yaravuganye na Luc Emayeal ari ukaba yatoza ikipe y’igihugu, amusaba kuba yanyura mu nzira yo gusaba akazi nkuko abandi batoza babigenje. Luc Emayeal akaba yarakatse ariko akaba atarashoboye gutoranywa ku mpamvu z’ibyasabwaga atari yujuje.

Inkuru U Lambert

Photo Internet

Previous Post

Musanze: Umuturage afatanwe gerenadi agiye kuyigurisha

Next Post

Abanyeshuri ba APE RUGUNGA biyemeje gufasha Polisi kurwanya ibiyobyabwenge

Next Post

Abanyeshuri ba APE RUGUNGA biyemeje gufasha Polisi kurwanya ibiyobyabwenge

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Muri Thailande Igisirikare cyafashe uwahoze ari ministiri w’intebe

7 years ago

Imbere y’urukiko Perezida w’abafana ba RAYON SPORTS n’abo baregwa hamwe, bahakanye ibyaha byose baregwa! Hamis Cedric nawe uregwa muri uru rubanza nyititabye urukiko!

7 years ago

Umwana w’ umwaka umwe yahanutse mu igorofa ya gatatu baramusama

7 years ago

Gereza ya Muhanga yibasiwe n’inkongi y’umuriro

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In