Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imikino

Fifa: Impaka zikomeje kuba ndende ku bijyanye n’aho igikombe cy’isi kizabera 2018. Uburusiya se bwaba ari bwo buzacyakira?

admin by admin
July 27, 2014
in Imikino
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nkuko bitangazwa na Minisitiri w’intebe mu gihugu cy’Ubwongereza Nick Clegg, ngo igikombe cy’isi 2018 nticyakagombye gukinirwa mu gihugu cy’Uburusiya nkuko byateganywaga.

Related posts

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

February 3, 2021

fi.jpg

Mu kiganiro uyu muyobozi wo mu gihugu aherutse kugirana n’ikinyamakuru “the new times yagize ati” ntibyumvikana ukuntu Uburusiya bushobora kwakira igikombe cy’isi mu mwaka wa 2018″

Ibi ngo byaba biterwa n’amakuru amaze iminsi atambuka ku mbuga nyinshi ku isi ajyanye n’ihanurwa ry’indege ya Malaysia iherutse kugwa muri kiriya gihugu ubwa yavaga Amsterdam yerekeza Kuala Lumpur aho na nubu umusirikare w’umurusiya ashinjwa kuba ari we wayihanuye igahitana abantu bagera kuri 29.

Uyu muyobozi kandi afatanyije n’urugaga rw’umupira w’amaguru ku isi rwa FIFA, baribaza ukuntu umusirikare w’umurusiya yahanura indege mu kirere igahitana abantu bangana kuriya hanyuma icyo gihugu kikemererwa kwakira ibihumbi by’abantu batandukanye mu gikombe cy’isi 2018.

Ibi biganiro mpaka bibaye nyuma y’uko apanyepolitike b’abadage basabye ko igikombe cyazakinirwa mu Burusiya muri 2018.

Ibihugu byinshi by’abarabu bishinja Uburusiya guha umurwanyi intwaro yahanuye iriya ndege. Nick Clegg, arasaba abandi bayobozi kurebana ubushishozi niba ko kiriya gikombe cyakinirwamuri kiriya gihugu kugira ngo hanubahirizwe ikifuzo cy’umukuru w’Uburusiya Vradmir Poutine.

Impungenge aba bayobozi bafite ahanini ni izerekeranye n’umutekano muri kiriya gihugu mu gihe hakigaragara udutotsi hagati yacyo n’igituranyi cyacyo cya Ukraine ndetse n’intagondwa z’abasirikare zikibarizwamo.

NSENGIMNA J Mermoz

Previous Post

Ubudage: Umugabo arashinjwa gusambanya abana bagera ku 175 ari umwe.

Next Post

Ubu kwiga Kaminuza za Leta ntibikiri agashya , agashya ni ukuzirangizamo

Next Post

Ubu kwiga Kaminuza za Leta ntibikiri agashya , agashya ni ukuzirangizamo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

UEFA CHAMPION LEAGUE: Ku nshuro ya 1, amakipe ava mu Mujyi umwe agiye guhurira ku mukino wanyuma (REAL MADRID na ATLETICO MADRID

7 years ago

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yakiriye abapolisi bavuye mu butumwa bw’amahoro i Darfur!

7 years ago

“Nta mu motari uzongera guhohoterwa mu gihe ashyiraho cyangwa akuraho umugenzi mu Mujyi wa Kigali” DIGP Dan MUNYUZA

7 years ago

Umutwe w’ingabo za Uganda UPDF warokoye burigade ya Alpine nyuma y’imirwano itoroshye n’abarwanyi batazwi.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In