Friday, March 5, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imikino

Umutoza mushya wa RAYON SPORT FC wemejwe ni Umubirigi Jean Francois Losciuto

admin by admin
June 29, 2014
in Imikino
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu nama irangiye mu mwanya y’ikipe ya Rayon Sports yemeje ko umubirigi Jean Francois Losciuto ari we ugiye gutoza iyi kipe y ‘ubururu n ‘umweru.

arton636-ca3a5-ca360-2.jpg

Related posts

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

February 3, 2021

Nguyu umubirigi usimbuye mugenzi we w’umubirigi Luc Emayeal

Mu kiganiro tumaze kugirana na Perezida wa Rayon Sports Bwana Ntampaka Theogene ubwo yarasohotse mu nama, atubwiye ko biteganijwe ki uyu mutoza agera ino mu minsi mike akazatangira imyitozo hagati y itariki ya 10 na 15 Nyakanga 2014 kugira ngo ategure imikino ya CECAFA.

Tumubajije ibyaba byagendeweho mu kumuhitamo hagati yabari bageze ku ijonjora rya nyuma harimo n’umufaransa Giguet wahabwaga amahirwe, Bwana Ntampaka yatubwiye ko uyu mutoza afite ibigwi kandi no mu bijyanye n’ibyangombwa n’amafaranga akaba hose yarahize bagenzi be. Tumhajije ibijyanye n’amafaranga azajya ahembwa Ntampaka yadusubije ko bazabidutangariza igihe azaba ageze i Kigali bamaze gushyira umukono ku masezerano.

Uyu mutoza asimbuye mwene wabo w’umubirigi wamaze amezi ane muri iyi kipe, Luc Emayeal nawe waje asimbuye Didiee Gomez wahesheje iyi kipe igikombe nyuma yaho yarasanze iyi kipe imaze imyaka 9 itagikozaho imitwe. Bikaba bigaragara ko bisa nkibigiye kuba ihame ko iyi kipe itarsmutswa umwenegihugu.

Mu batoza 12 bari basabye akazi, batatu ni bo bari babashije kugera ku ijonjora rya nyuma ari bo David Giguet ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa na Srdjan Zivonjic w’umunya-Serbiya na Jean Francois Losciuto ukomoka mu gihugu cy’ububirigi ari nawe wegukanye uyu mwanya.

INKURU IRAMBUYE KU BIGWI BY’UYU MUTOZA TURACYAYIBATEGURIRA..

Previous Post

U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga y’abagore baturutse mu Nteko zishinga Amategeko ku Isi

Next Post

IMPINDUKA: Mu Ishyaka PSD,bemeje mu Itegeko ko nta mubare wa Manda ntarengwa ku bayobozi b’ishyaka!?

Next Post

IMPINDUKA: Mu Ishyaka PSD,bemeje mu Itegeko ko nta mubare wa Manda ntarengwa ku bayobozi b’ishyaka!?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Tanzaniya yongeye gushimangira ko abarwanyi ba M 23 ari abanyarwanda

7 years ago

Perezida wa Sena yifatanyije n’urubyiruko mu mugoroba wo kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe abatutsi! (Amafoto)

7 years ago

U Rwanda rugiye kwakira Inama y’Ihuriro ry’abagore bari mu Nteko zishinga Amategeko zo mu bihugu bitandukanye ku Isi (WIP).

7 years ago

Ubusabe bwa Mugesera bushobora kuzatinza urubanza rwe

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In