Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imyidagaduro

“Byanyeretse ko umuziki w’abanyarwanda utangiye guhabwa agaciro ubwo na za Nigeria batangiye kutwibuka” Meddy

admin by admin
April 29, 2014
in Imyidagaduro
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we muri Leta zunze ubumwe za Amerika (Meddy) mu itsinda rya PressOne, ari mu byishimo kubera indirimbo ye Nasara isigaye icurangwa kuri televiziyo zo muri Nigeria.

Meddy kuri ubu abarizwa muri leta zunze ubumwe za Amerika

Kuri konti ya twitter y’iyi televiziyo hari ubutumwa(tweet) bwandikiwe Meddy bamumenyesha ko amashusho y’indirimbo Nasara yatambukijwe mu kiganiro cyabo cyitwa Music Africa. Nk’uko bigaragara ku rubuga rw’iyi televiziyo, iki kiganiro gitambutsa indirimbo z’abahanzi nyafurika ariko by’umwihariko kikaba cyibanda ku muziki wo mu bihugu birimo Ghana, Kenya, Tanzania, Malawi, Nigeria n’ahandi.

Meddy yabonye ubutumwa buturutse muri Nigeria bumumenyesha ko indirimbo ye Nasara yacuranzwe kuri televiziyo ikomeye muri iki gihugu.

Mu kiganiro Meddy yagiranye n’ ikinyamakuru IGIHE, yatangaje ko yatunguwe no kubona ubu butumwa buvuga ko Nasara yacuranzwe muri Nigeria gusa byamushimishije ndetse bimuha icyizere ko umuziki we n’uw’abahanzi nyarwanda bagenzi be utangiye guhabwa agaciro ku rwego mpuzamahanga.

Meddy ati, “Nabonye tweet yabo, ivuga ko Nasara bamaze kuyicuranga mu kiganiro Africa Music, nishimye cyane kuko iriya televiziyo nabonye ikomeye muri Nigeria. Ni ibintu byiza , na Citizen bamaze iminsi bayicuranga.”

Akomeza agira ati, “ Byanyeretse ko umuziki w’abanyarwanda utangiye guhabwa agaciro ubwo na za Nigeria batangiye kutwibuka”

Nyuma yo kubona ko hari televiziyo muri Nigeria yahaye agaciro indirimbo ye, Meddy ngo yiyemeje gukora iyo bwabaga indirimbo azakurikizaho ikazaba nziza kurusha Nasara kuburyo bimushobokeye yazakomeza gucurangwa muri iki gihugu.

Abarizwa mu itsinda rya Pressone

Uyu muhanzi , muri iyi minsi afite gahunda ihamye yo kugeza ku bafana be indi ndirimbo nshya y’urukundo nyuma ya Nasara yakoze mu mpera z’umwaka wa 2013.

Related posts

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

February 3, 2021

Umuhanzi wa Gospel Nizeyimana Emile agiye gushyira ahagaragara Album ye ya 6 y’amajwi

August 4, 2014

Source: Igihe

Previous Post

Imbere y’urukiko Perezida w’abafana ba RAYON SPORTS n’abo baregwa hamwe, bahakanye ibyaha byose baregwa! Hamis Cedric nawe uregwa muri uru rubanza nyititabye urukiko!

Next Post

Ibitaramo bya Primus Guma Guma super star bikomereje i Huye Muri Kaminuza y’ u Rwanda

Next Post

Ibitaramo bya Primus Guma Guma super star bikomereje i Huye Muri Kaminuza y' u Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Florida: Umwarimukazi yahagaritswe ku kazi azira kwigisha abanyeshuri kubyina indirimbo zikurura ubusambanyi.

7 years ago

KIGALI: Mu bihugu 15 bizitabira Expo Rwanda 2014, harimo n’ibihugu bizaturuka ku mugabane w’iburayi n’Aziya.

7 years ago

Kenya: Imiryango irenga 30000 yugarijwe n’ikibazo cy’inzara.

7 years ago

FERWAFA mu ikorosi ry’urusobe rw’ibibazo! Amezi ane y’ubuyobozi bwa FERWAFA , amarenga y’ishusho y’icyerekezo cy’imyaka ine cya Ruhago y’u Rwanda

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In