Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Imyidagaduro

Inda Sacha atwite si iyanjye kuko ntitugikundana gusa namubwira ngo nasubireyo nta mahwa – Nizzo (Urban Boys)

admin by admin
April 21, 2014
in Imyidagaduro
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nizzo umwe mu basore bagize itsinda rya Urban Boys aratangaza ko inda uwahoze ari umukunzi we atwite atari iye, gusa akavuga ko nta kindi yamubwira uretse kumubwira ngo asubireyo nta mahwa.

Muri iyi minsi umuhanzikazi Isaro Sandrine wamenyekanye ku izina rya Sacha bigaragarira buri wese umubonye ko atwite ndetse ko akuriwe kuburyo yenda kubyara, ariko inda atwite Nizzo wo muri Urban Boys bahoze bakundana ashimangira ko atari iye kuko we batandukanye kera batagikundana, gusa akanavuga ko ari byiza kuri we niba yarafashe umwanzuro wo kubyara.

Related posts

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

Umuhanzi Jean Luc mu muvuduko udasanzwe

February 3, 2021

Umuhanzi wa Gospel Nizeyimana Emile agiye gushyira ahagaragara Album ye ya 6 y’amajwi

August 4, 2014

MG_20562.jpg

Umuhanzikazi Sacha arakuriwe ariko Nizzo bahoze bakundana arahamya ko inda atari iye

Umuhanzikazi Sacha arakuriwe ariko Nizzo bahoze bakundana arahamya ko inda atari iyeUmuhanzikazi Sacha arakuriwe ariko Nizzo bahoze bakundana arahamya ko inda atari iye

Aganira n’inyarwanda.com, Nizzo yagize ati: “Njye Sacha tumaze umwaka dutandukanye, ntitugikundana bityo inda atwite nanjye numva ko ngo yaba afite undi mukunzi wayimuteye ariko njye nta nda yanjye Sacha atwite. Hari n’abo nigeze kumva bambwira ngo agenda avuga ko yahombye kuba atarabyaranye nanjye ariko rwose njye ntabwo nanaherukana nawe, gusa ni byiza namubwira nti nabyare yonkwe kandi asubireyo nta mahwa”.

Sandrine na Nizzo barakundanye igihe kinini, biravugwa ko uyu mukobwa yanifuzaga kubyarana na NizzoSandrine na Nizzo barakundanye igihe kinini, biravugwa ko uyu mukobwa yanifuzaga kubyarana na Nizzo

13703377601.jpg

Sandrine na Nizzo barakundanye igihe kinini, biravugwa ko uyu mukobwa yanifuzaga kubyarana na Nizzo

Uyu mukobwa Sandrine uzwi nka Sacha, Nizzo ashimangira ko yahise anahindura nimero kuburyo atajya anavugana nawe, gusa natwe twagerageje kumuhamagara kuri telefone ye isanzwe dusanga ntiri ku murongo ndetse n’inshuti ze za hafi twagerageje kubaza nimero yaba asigaye akoresha, benshi muri bo bavuga ko yahinduye nimero mu gihe hari n’abavuga ko yahisemo gukuraho telefone burundu.

Sandrine Isaro uzwi nka Sacha iyo aza kuba atwite inda ya Nizzo, uyu musore ngo byari kuba ari ibyishimo kuri weSandrine Isaro uzwi nka Sacha iyo aza kuba atwite inda ya Nizzo, uyu musore ngo byari kuba ari ibyishimo kuri we

sacha3.jpg

Sandrine Isaro uzwi nka Sacha iyo aza kuba atwite inda ya Nizzo, uyu musore ngo byari kuba ari ibyishimo kuri we

Nizzo wo muri Urban Boys kandi ashimangira ko iyo aba ari we wateye inda Sacha ubu aba yishimye kandi atari kubihakana, kuko abona mu buzima nta kintu cyiza nko kubyara. Mu magambo ye n’ibitwenge ati: “Iyo mba ari njye wabirangije rwose ubu mba meze neza, kubyara ni byiza ntako bisa iyo mba ari njye wamuteye iyo nda mba nishimye”

Source: INYARWANDA.COM

Previous Post

rra tender notice

Next Post

As Kigali na Esperance zagabanye amanota mu mukino w’ikirarane, Esperance iracyarwana no kutamanuka

Next Post

As Kigali na Esperance zagabanye amanota mu mukino w'ikirarane, Esperance iracyarwana no kutamanuka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Perezida Obama yifurije abanyarwanda umunsi mwiza w’Ubwigenge

7 years ago

Perezida Kagame yakiriye George Leonard Carey wayoboye Itorero ry’ Abangilikani mu Bwongereza

7 years ago

Davido yaguze isaha nshya ya Zahabu kuri miliyoni 25

7 years ago

Chameleone na Goodlyfe basubiranyemo, Chameleone akaba ashinjwa kwiba indirimbo bari bafatanyije.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In