Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home MU MAHANGA

Abahoze ari abasirikari ba Tanzaniya bagiye kuyigeza mu nkiko kubera kubambura

admin by admin
July 28, 2014
in MU MAHANGA
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abahoze ari ingabo mu gisirikari cya Tanzaniya bavuze ko bagiye kugeza icyo gihugu mu nkiko, nyuma yo kubajyana kurwanya inyeshyamba za FDLR na FDD yo mu Burundi, nyamara ikaza kubambura amafaranga bari bemeranyijwe asaga miliyoni 3 z’amadolai, ubu imyaka isaga icumi ikaba ishize.

tanzania.jpg

Related posts

Thambwe Mwamba

DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

February 3, 2021
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

February 3, 2021

Ingabo za Tanzaniya ubwo bizihizaga imyaka 50 babonye ubwigenge

Abo bahoze bari mu gisirikari cya Tanzaniya bavuga ko batoranyijwe hagati y’umwaka wa 2000 na 2003, ubwo bari bagiye gukora imyitozo muri Kongo.Nyamara ngo bagezeyo boherejwe muri Katanga kujya kurwanya inyeshyamba zaturutse mu Rwanda za FDLR n’izo mu Burundi FDD.

Abo bahoze ari ingabo bavuga ko Leta ya Tanzaniya yohereje abayobozi babiri bakuru mu gisirikari mu buryo bw’ibanga harimo n’umuyobozi w’ishyaka Democratic Party Rev.Christopher Mtikila ngo baze kubatoranya.Ibyo ngo byabaye nyuma yo kwegura kwa batayo imwe yari yarasabwe na Perezida Laurent Desire Kabila kuza kumufasha.

Avugira abahoze ari ingabo Capt.Humphrey Felix Kakala yavuze ko bagerageje kuganira na Leta imyaka icumi ikaba ishize , ariko ngo Leta yananiwe gushyira mu bikorwa ibyifuzo byabo.Kakala avuga ko bamaze kuva muri Kongo Leta yatangiye kubashinja gutoroka , nyamara akemeza ko nta kuntu gutoroka kandi barabitegetswe n’abayobozi bari babakuriye.

Icyo kibazo ngo bagishyikirije Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ubwo yari ikiyobowe na Jakaya Kikwete, abamwungirije bemera ko bazagikemura ariko byarananiranye.Bakaba bavuga ko igisigaye ari ukugeza Leta mu butabera.

Mu masezerano bari bemeranyije kujya bahabwa amadolari 500 ku cyumweru ku bayobozi bakuru, n’amadolari 400 ku bafite amapeti yo hasi.Ubwo kandi imiryango y’izo ngabo yagombaga kujya ihabwa amadolari 100 buri kwezi.Tubibutse ko bamazeyo imyaka itatu.

Ferdinand M.

Previous Post

Abantu barakangurirwa gusuhuzanya bahana Chance(censi) aho guhana ibiganza

Next Post

Waba uzi impamvu yatume umuhanzikazi Shakira atagaragara mu gikombe cy’isi? Shira amatsiko.

Next Post

Waba uzi impamvu yatume umuhanzikazi Shakira atagaragara mu gikombe cy'isi? Shira amatsiko.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Abakobwa bafite ikimero kiza nibo batazi gufata abagabo neza mu buriri

7 years ago

Inkongi y’ umuriro yibasiye uruganda rusya ibigori i Gikondo! ( AMAFOTO)

7 years ago

Burundi:Chauvineau Mugwengezo arahamagarira abarundi bose kwamagana manda ya gatatu ya Pierre Nkurunziza

7 years ago

“Sindi umwicanyi n’ababikora ntacyo bibamariye..”Lt Joel MUTABAZI mu rubanza rwe rwasubukuwe uyu munsi!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In