Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home MU MAHANGA

Charles Taylor arambiwe ibiryo n’ubukonje byo mu Bwongereza,arasaba gufungirwa mu Rwanda

admin by admin
June 19, 2014
in MU MAHANGA
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Liberia Charles Taylor ufungiwe mu Bwongereza ntiyishimiye uburyo afunzwemo, akaba asaba kwimurirwa mu Rwanda kubera ibiryo n’ubukonje byo mu Bwongereza ndetse no kutabonana n’umuryango we.

Nkuko yabitangarije radiyo BBC, umwunganizi mu mategeko wa Taylor ari we John Jones yavuze ko umukiriya we yasanze mu Rwanda ariho azahabwa uburenganzira bwe, ko kandi ikirere cyaho ntaho gitandukaniye n’icyo muri Liberiya.Jones Yagize ati:”U Rwanda ni ahantu hatunganiye Taylor kuko inaha ho ibintu biratandukanye.Akava mu bukonje bukabije n’ibiryo by’abongereza.”

Related posts

Thambwe Mwamba

DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

February 3, 2021
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

February 3, 2021

tarloo.jpg

Taylor kandi ntiyishimiye uburyo umuryango we utemerewe kumusura mu Bwongereza kuko wimwe Visa zijyayo.Akaba avuga koi bi bihabanye n’amasezerano y’ibihugu by’Uburayi ku burenganzira bw’ikiremwamuntu.Avuga ko kandi umuryango uzabasha kumugeraho nyiherezwa mu Rwanda, bitandukanye no mu Bwongereza, kandi ngo nta mpamvu ihari yatuma atoherezwa mu Rwanda kuko hari n’abandi bahafungiye kandi boherejwe n’inkiko mpuzamahanga.

Jones yatangaje ko umukiriya we aramutse yoherejwe mu Rwanda byagabanya amafaranga yakoreshwaga bamwitaho, gusa umuvugizi wa Minisiteri y’ubutabera mu Bwongereza yavuze ko Taylor afunzwe nk’izindi mfungwa zose mu gihugu kandi ko byubahirije amategeko.Icyakora ushinzwe ibiro by’ububanyi n’amahanga yavuze ko kumwimurira mu Rwanda bitareba Ubwongereza, ahubwo bireba urukiko rwamwohereje.

Charles Taylor w’imyaka 66 yakatiwe gufungwa imyaka 50,nyuma yo guhamwa n’ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu byakorewe muri Sierra Leone hagati ya 1996 na 2000 , birimo gufasha umutwe w’inyeshyamba zarwanyaga leta ya Sierra Leone.

Ferdinand M.

Previous Post

Nouvelle Mexique:Umushoferi yararashwe nyuma yo gusambana ari mu kazi

Next Post

U Rwanda rugiye kwakira Inama y’Ihuriro ry’abagore bari mu Nteko zishinga Amategeko zo mu bihugu bitandukanye ku Isi (WIP).

Next Post

U Rwanda rugiye kwakira Inama y’Ihuriro ry’abagore bari mu Nteko zishinga Amategeko zo mu bihugu bitandukanye ku Isi (WIP).

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Prezida Peter Mutharika yarahiriye kuyobora Malawi

7 years ago

KIGALI: Ishyamba si ryeru hagati ya RBA na TV1! Barapfa iki?

7 years ago

EWSA

7 years ago

VATICAN: Ni nde uza kumvirwa Isengesho?, amateka y’imbonekarimwe mu gikombe cy’Isi!!!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In