Saturday, March 6, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home MU MAHANGA

Inyeshyamba za Boko Haram zashimuse umugore w‘uwungirije Minisitiri w’Intebe wa Cameroon

admin by admin
July 27, 2014
in MU MAHANGA
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gitero cyagabwe kuri iki cyumweu n’abarwanyi ba Boko Haram ku mujyi wa Kolofata uri mu majyaruguru ya Cameroon hafi y’umupaka na Nijeriya, ubuyobozi bwa Cameroon buratangaza ko umugore w’uwungirije Minisitiri w’Intebe yashimuswe hamwe n’abandi baturage benshi.

cameroon.jpg

Related posts

Thambwe Mwamba

DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

February 3, 2021
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

February 3, 2021

Leta ya Cameroon yahise yohereza ingabo nyinshi ku mupaka guhangana na Boko Haram

Uwo mugore wa Ahmadou Ali, wungirije Minisitiri w’Intebe bamusanze mu rugo ,ubwo abashinzwe kurinda Amadou bageragezaga kumuhungisha.

Umwe mu bashinzwe igisirikari Col .Nji Formekong yavuze ko bashoboye guhungisha Ahmadou ariko umugore we bakamushimuta.Yagize ati: “Bamwe bagerageje gushimuta umugore wa Ahmadou, ubwo abashinzwe kurinda Ahmadou bari bari kumukura mu mujyi bamujyana Mora.”

Formekong yavuze ko imirwano igikomeje mu mujyi wa Kolofata hagati y’inyeshyamba za Boko Haram n’igisirikari cya Leta.

Abantu benshi bamaze guhitanwa na Boko Haram ndetse mu kwezi kwa kane yashimuse abakobwa barenga 270 b’abanyeshuri mu majyaruguru ya Nijeriya.

Previous Post

RDC: Ipura y’udukoko dutoya, kimwe mu biribwa bigezweho kandi bihenze.

Next Post

Amerika: Umugabo wavumbuye Code ya Perezidansi ya Amerika yashyizwe ahagaragara.

Next Post

Amerika: Umugabo wavumbuye Code ya Perezidansi ya Amerika yashyizwe ahagaragara.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Umukobwa wari mu marushanwa yo kubyina yahasize ubuzima ubwo yahanukaga agashinga ijosi hasi.

7 years ago

Boko Haram Ishobora Gushinjwa Ibyaha Byibasiye Inyokomuntu

7 years ago

Nigeria: Abantu 46 baraye baguye mu gitero cy’abiyahuzi.

7 years ago

(UPDATE) Perezida KAGAME ntiyumva impamvu, aho agiye hose asanganizwa ibibazo by’abatishyurwa utwabo!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In