Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home POLITIKE Y'U RWANDA

Malala Yusafzai yashimye uburyo uRwanda rukomeje kuba icyitegererezo

admin by admin
February 3, 2021
in MU MAHANGA
0
Malala Yusafzai yashimye uburyo uRwanda rukomeje kuba icyitegererezo

BOSTON, MASSACHUSETTS - DECEMBER 12: Co-founder of Malala Fund and a Nobel Laureate Malala Yousafzai speaks on stage at Massachusetts Conference For Women 2019 at Boston Convention Center on December 12, 2019 in Boston, Massachusetts. (Photo by Marla Aufmuth/Getty Images for Massachusetts Conference for Women 2019)

0
SHARES
30
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

<em>Malala Yousafzai yifotozanya n’abana b’abakobwa bo mu nkambi ya Mahama</em>
<strong>Malala Yousafzai ari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda muri gahunda yo kwizihiza ivuka rye ariko anakora ubukangurambaga ku burenganzira bw’umwana w’umukobwa numugore yasuye inkambi y’impunzi z’abarundi ya Mahama akaba yashimye uburyo zibayeho cyane cyane uburyo abana b’abakobwa bitaweho.</strong>

Nk’uko uyu munsi yizihije isabukuru y’amavuko ye aho yujuje imyaka 19, akigera muri iyi nkambi ya Mahama yakirijwe indirimbo zimwifuriza isabukuru nziza aho yaririmbirwaga n’abana b’impunzi z’abarundi baba muri iyi nkambi ya Mahama.

Related posts

Thambwe Mwamba

DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

February 3, 2021
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

February 3, 2021

Uyu mukobwa wahembewe guharanira uburenganzira bw’abagore, yishimiye uko yasanze abakobwa bari mu nkambi ya Mahama bitaweho, bakaba bataracikirije amashuri nk’uko bikunze kugenda mu zindi nkambi.

Malala kandi yishimiye ko aba bana b’abakobwa bafite ijambo muri rusange maze bituma ashima uRwanda kuba rwarabaye ikitegererezo ku isi aho rwakoze byinshi bitarakorwa n’ibindi bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere.

Minisitiri Ushinzwe Ibiza n’Impunzi, Seraphine Mukantabana yavuze ko uruzinduko rwa Malala Yousafzai ari umugisha ku Rwanda, cyane ko yaharaniye uburezi bw’abakobwa kandi bukaba ari kimwe mu byo Leta yimirije imbere.

Malala Yousafzai, yahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel afite imyaka 17.

Previous Post

Umutoma : Imirasire y’ubwiza bwawe yarandashe

Next Post

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Next Post
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w'akanama gashinzwe umutekano ku isi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Urukiko rumaze gutegeka kurekura Gitifu w’Akarere ka MUHANGA, kuko mu byo aregwa nta cyaha kimuhama!

7 years ago

Uganda: Guverinoma igiye kujuririra icyemezo gitesha agaciro itegeko rihana abatinganyi

7 years ago

“Mu mezi 5 y’uyu mwaka hamaze kuba impanuka z’inkongi z’umuriro 38”-Police

7 years ago

Umuhanzi wa Gospel Nizeyimana Emile agiye gushyira ahagaragara Album ye ya 6 y’amajwi

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In