Sunday, March 7, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home MU MAHANGA

UGANDA: StarTimes yahagaritswe na UBC, kubera kwerekana igikombe cy’isi itabifitiye uburenganzira!

admin by admin
June 26, 2014
in MU MAHANGA
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

star.jpg

Ubu abafatabuguzi ba StarTimes mu gihugu cya Uganda bari mu marira, aho ikigo gishinzwe itumanaho UCC (twagereranya na RBA mu Rwanda) cyahagaritse imirongo ya StarTimes kubera ko yatangaje igikombe cy’isi itabifitiye uburenganzira.

Related posts

Thambwe Mwamba

DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

February 3, 2021
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

February 3, 2021

Nkuko yabitangarije ikinyamakuru Daily Monitor, uhagarariye ikigo cy’itumanaho muri Uganda Godfrey Mutabazi yavuze ko bihanangirije Star Times incuro nyinshi ariko ntiyumve. Yagize ati:”Twabahaye gasopo incuro nyinshi ngo bahagarare baranga.Twahisemo kubahagarika bidasubirwaho.”

Mutabazi yongeyeho ko bari babahagarikiye umurongo mu cyumweru gishize ariko bakarengaho bagakomeza gutangaza. Nyamara Star Times yari yasinye amasezerano n’ikigo cy’itangazamakuru UBC , amasezerano yo kwerekana igikombe cy’isi, nyamara UCC ivuga ko ayo masezerano atari yubahirije amategeko.

Umuyobozi wa StarTimes muri Uganda Christine Nagujja yavuze ko ayo makuru yo guhagarikirwa imirongo ntayo bazi, ko icyo azi ari akabazo gato ka tekiniki bari bagize ariko ngo karakemuka vuba.

Ibi bibazo bya UBC na Star Time muri Uganda bije nyum y’ibyumweru bibiri igikombe cy’isi gitangiye, aho mu Rwanda Ikigo cy’itangazamakuru RBA na cyo cyakozanyijeho n’ibitangazamakuru byigenga harimo na Star Time yatambutsaga imirongo ya TV1. Icyo gihe umuyobozi wa RBA yatangarije makuruki.com ko bamaze kurega StarTime muri Fifa, ndetse ko icyo gihe ku munsi wa kabiri w’imikino y’igikombe cy’isi, StarTime yari yagejejwe mu butabera mu gihigu cya Kenya, nkuko Arthur Asiiimwe yabidutangarije uwo munsi.

Soma inkuru bifitanye isano mu Rwanda

Previous Post

AMAYOBERA: Ni nde ukwiye kubazwa irengero ry’akayabo kari kagenewe umushinga Diaspora Bye Bye Nyakatsi muri Bugesera?

Next Post

Polisi y’Uburusiya yabujije abapolisikazi kwambara imyenda migufi

Next Post

Polisi y’Uburusiya yabujije abapolisikazi kwambara imyenda migufi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Afurika y’Epfo:Umusore arasaba gusezerana n’umurambo w’umukobwa w’inshuti ye yiyiciye

7 years ago

Dar es Salaam hatoraguwe imifuka 85 yuzuyemo imibiri y’abantu

7 years ago

Ishusho y’uburyo Umutekano w’u Rwanda uhagaze mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2014.

7 years ago
Ubu umunyamakuru ashobora kunenga Leta akanayigisha impaka – Min Busingye

Ubu umunyamakuru ashobora kunenga Leta akanayigisha impaka – Min Busingye

1 month ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In