Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Abakobwa ibuhumbi 60 bakuyemo inda mu mwaka wa 2009, byahombeje Leta amafaranga arenga miliyari y’amanyarwanda!

admin by admin
May 31, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore-utwite1.png

Icyegeranyo cyshyizwe ahagaragara na Minisiteri y’ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo kirerekana ko abakobwa bari hagati y’imyaka 15 na 44 bakuyemo inda mu mwaka wa 2009.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Ubu bushakashatsi bwerekana ko hafi ½ ari byo bingana na 47% cy’izo nda ziba zitarateganyijwe, 22% z’inda nizivanwamo ku bushake na 63% ni izivuka ku buryo butungaranye na ho 15% nizivanamo.

Imwe mu mpamvu nyamukuru y’ibi bipimo biri hejuru ni abakobwa bakora imibonano mpuzabitsina idakingiye bari hagati y’ikigero kiri hagati y’imyaka 15 na 29.

Minisiteri y’ubuzima ivuga ko usibye kuba ibi bigira ingaruka zirimo ugutwara ubuzima bw’abazikuramo, binagira n’ingaruka ku bukungu bw’igihugu kuko buri mwaka hagenda akayabo k’amadorari hafi miliyoni 1,7 kuko nibura kugira umuntu umwe wakuyemo inda yitabweho bifata amadorari 93.

Tubibutse ko mu Rwanda gukuramo inda ku bushake ari icyaha gihanwa n’amategeko, ariko kuva mu mwaka wa 2012 hashyizweho itegeko ryemerera bamwe kuba bakuramo inda ku mpamvu ziteganyijwe n’iryo tegeko, nko kuba uwatwaye inda yayitwaye afashwe ku ngufu cyangwa bigaragara ko kubyara iyo nda bishobora kuba byashyira mu kaga ubuzima bw’uyitwite.

Ubu bushakashatsi buje mu gihe mu Rwanda hamaze iminsi hagaragara ikibazo cy’abakobwa babyara abana bakabata mu misarani bakivuka, aho usanga abiganjemo ari abakozi bo mu ngo.

Previous Post

Kuba Perezida Paul KAGAME aza ku isonga mu bafitiwe icyizere n’abuturage ntibitangaje!

Next Post

Wa mugore wo muri Sudan wari warakatiwe urwo gupfa agiye kurekurwa

Next Post

Wa mugore wo muri Sudan wari warakatiwe urwo gupfa agiye kurekurwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Uganda: Uwahoze aririmba muri groupe Obssessions “Brenda Nambi” ari kuvugwaho byinshi mu bitangazamakuru kubera amafoto ye yashyize ahagaragara yambaye ubusa.

7 years ago

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

7 years ago

Dore AMAFOTO y’uburyo Mayor Fideli NDAYISABA anyuzamo agasohoka mu biro akajya gusabana n’abanya-kigali y’Icyaro!

7 years ago

Uganda: Umuhanzikazi Juliana Kanyomozi yapfushije umwana mu bitario i Nairobi muri Kenya.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In