Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Abanyamuryango b’ihuriro United for Assistance bafashije abatishoboye

admin by admin
August 4, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
4
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango IHURIRO RY’INKUNGA (United For Assistance) ufite ikicaro mu Rwanda ndetse no hanze y’u Rwanda mu bihugu bitandukanye (Burayi, Amerika, Aziya n’Afurika bamaze iminsi mu gikorwa ngaruka mwaka kigendana n’isozwa ry’igifungo cy’ukwezi kwa RAMADHAN, aho abanyamuryango biryo huriro bakoze igikorwa cyo gufasha abavandimwe babo batishoboye hatangwa ZAKATUL FITRI 2014, mu ntara zose z’u Rwanda ndetse no mu magereza amwe namwe atandukanye mu Rwanda, aho batanze ibiribwa mu rwego rwo kugaburira abavandimwe babo.

isssll.jpg

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Nkuko tubibwirwa n’uhagarariye w’iryo huriro mu Rwanda, Dr Ismael BUCHANAN, ihuriro United for Assistance rigamije guteza imbere imibereho myiza ndetse no gushyigikira ibikorwa bijyanye no gufasha imiryango ikennye yo mu karere ka Afrika y’iburasirazuba bwo hagati, muri ibyo bihugu twavuga : Rwanda, Burundi, RDC, Uganda, Tanzaniya na Kenya.

islam-2.jpg

Mu nkunga abanyamuryango biryo huriro bashoboye gukusanya uyu mwaka mu gikorwa cya ZAKATUL FITIR, ikaba igera hafi kuri million zisaga enye (4.000.000 frw), ni muri urwo rwego hatanzwe ibintu bitandukanye harimo kugaburira abatishoboye batanga Umuceri, Amavuta, Inyama, n’ibindi.

Nkuko umuyobozi wiryo huriro Dr. Ismael Buchanan, akomeza abivuga, Ibindi bikorwa iryo huriro ryibandaho harimo: Gufasha imiryango ikennye hamwe n’imfubyi mu kurwanya ubukene karande biciye mu burezi; aho barihira abanyeshuri batandukanye biga muri za Kaminuza mu Rwanda, Gufasha imiryango ikennye mu bikorwa bibyara inyungu. (umwaka ushize hatanzwe inguzanyo kuri Cooperative zifite imishinga iciriritse…), Gufasha imiryango imwe nimwe kwiteza imbere hatangwa ZAKATUL FITIRI, na MUTUELLE DE SANTE.

Dr. Ismael Buchanan, yaboneyeho umwanya wo gushimira cyane abanyamuryango bose b’ihuriro, ari abari mu Rwanda ndetse no mumahanga, ubwitange bagaragaza muri ibyo bikorwa mu gufasha abatishoboye, ashishikariza nabandi bavandimwe bose bifuza kugana uwo muryango.

Previous Post

Kubaka Stade ya Gahanga, imwe muri Gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda mu imyaka 3 iri mbere.

Next Post

Tanzaniya:Yikoreshereje isanduku yo gushyingurwamo ngo yereke Imana ko akeneye urupfu vuba

Next Post

Tanzaniya:Yikoreshereje isanduku yo gushyingurwamo ngo yereke Imana ko akeneye urupfu vuba

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Abatahana imodoka za Leta ubukwe, abazijyana guhaha mu isoko n’abazijyana mu kabali bararye bari menge!!

7 years ago

U Rwanda na Czech bagiye gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikari

7 years ago

RDC : FDLR yongeye guhabwa na Monusco amahirwe ivuga ko ari aya nyuma

7 years ago

Chameleone na Goodlyfe basubiranyemo, Chameleone akaba ashinjwa kwiba indirimbo bari bafatanyije.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In