Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Abatahana imodoka za Leta ubukwe, abazijyana guhaha mu isoko n’abazijyana mu kabali bararye bari menge!!

admin by admin
July 7, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi y’u Rwanda na Minisiteri y’ibikorwa remezo baraburira abakozi ba Leta bakoresha imodoka za Leta n’izi mishinga ya Leta mu nyungu zabo, ko itegeko n’amabwiriza abibazuza kandi ko uzabifatirwamo azabiryozwa.

Superintendant-Jean-Marie-Vianney-Ndushabandi-umuvugizi-wa-police-y_igihugu-ishami-rishinzwe-umutekano-wo-mu-Muhanda.jpg

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Spt NDUSHABANDI JMV, Umuvugizi wa Traffic ya Police

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ishami ry’Umutekano mu Ndushabandi Jean Marie Vianney yavuze ko abakoresha imodoka za Leta mu kujya guhaha ku isoko, mu gutaha amakwe no kujyana abana ku ishuri, ndetse no kujya mu kabari nabazikoresha mu zindi nyungu zitajyanye n’akazi kazo nko kuzijyana ku masambu n’amafamu yabo ko bitemewe kandi ko bihanirwa n’amategeko.

Spt Ndushabandi yatangaje ko usibye abayobozi bakuru b’igihugu bemerewe gukoresha imodoka igihe cyose, nta mukozi wa Leta cyangwa umuyobozi wemerewe kuraza ikinyabiziga cya Leta mu rugo iwe. Imodoka za Leta kandi zigiye mu butumwa mu Ntara zigomba kuba zifite urupapuro rw’inzira (feuille de route) n’urupapuro rw’ubutumwa bw’akazi bw’uyijyanye (ordre de mission) bigaragaza igihe imodoka igiye n’aho igihe n’igihe izagarukira. Spt Ndushabandi avuga ko Ministeri y’ibikorwa Remezo ari yo igena amabwiriza agenga imodoka za Leta.

DSC_0252.jpg

Ikindi ni uko imodoka ya Leta igomba kuba ifite ubwishingizi, ibiyiranga by’ibyangombwa ndetse ikanagira n’ikirango kiri mu mpande zombi cyanditse mu buryo bugaragara. Ikindi ni uko imodoka ya Leta igiye mu butumwa hanze y’igihugu igomba kugira ubwishingizi bwo mu gihugu igiyemo.

Supt Ndushabandi yagtangaje ko imodoka izafatwa ikoreshwa muri bumwe muri ubu buryo izafatwa igashikirizwa Minisiteri y’ibikorwa remezo.

Tubibutse ko abayobozi ba Leta bo ku rwego rwo hejuru kuva kuri Perezida wa Repuburika, aboyobozi b’imitwe y’Inteko ishinga Amategeko, Minisitiri w’Intebe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, ari bo Itegeko ryemerera kugenerwa imodoka za Leta, abandi bayobozi bakuru bakaba bafashwa uburyo bwo kwigurira izabo bigengaho b. Ariko aha ibigo bya Leta n’imishinga bikaba bigira imodoka zifashishwa mu kazi. Akenshi ukaba usangwa zifashishwa n’aba bakozi muri gahunda .

Supt Ndushabandi yavuze ko ibindi binyabiziga bifite umwihariko ari iby’inzego zishinzwe umutekano, zemerewe gukora amasaha ayo ari yo yose.

Previous Post

KIREHE: Imodoka yo mu bwoko bwa VOLVO ipakiye ibiro 200 by’urumogi yafashwe na Polisi y’u Rwanda!

Next Post

Umunyamakuru RUKIZANGABO SHAMI Aloys, Week End ishize isize ari umugabo wemewe n’amategeko (DORE UKO BYARI BYIFASHE)

Next Post

Umunyamakuru RUKIZANGABO SHAMI Aloys, Week End ishize isize ari umugabo wemewe n’amategeko (DORE UKO BYARI BYIFASHE)

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Rusizi:Abana babiri bavutse bafatanye bahita bitaba Imana

7 years ago

Kenya :Umugabo watorotse gereza yabwiye urukiko ko atazi uburyo na we yatorotse

7 years ago

Nyamata uruganda rw’amazi rufashwe n’inkongi y’umuriro

7 years ago

Perezida Theodoro Obiang Nguema Mbasogo asesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In