Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Kuba Perezida Paul KAGAME aza ku isonga mu bafitiwe icyizere n’abuturage ntibitangaje!

admin by admin
May 31, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

perezida-kagame-3-2.jpg

Ubwo hashyirwaga hanze ubushakashatsi bwakozwe na Sena y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu 30 Gicurasi 2014 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, hagaragajwe ko Nyakubahwa Paul Kagame ari we ufitiwe icyizere kiri hejuru n’abaturage dore ko kiri ku gipimo cya 98,7%, mu gihe ishyaka akomokamo rya RPF rifitiwe icyizere cya 86,7%.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Muri ubu bushakashatsi bwerekanye ko urundi rwego rufitiwe icyizere ari urwego rw’Ingabo z’igihugu 96%, mu gihe amashyaka ya politiki afitiwe icyizere cya 61%. Icyizere abaturage bafitiye inzego z’ubuyobozi ugenda uva hejuru umanuka hasi kuko bigera ku rwego rw’Uterere icyizere kiri ku gipimo cya 84% na ku rwego rw’Umurenge, icyizere abaturage bazibonamo mu kubakemurira ibibazo kiri ku gipimo cya 78- 79%.

Nkuko Senateri Tito Rutaremara yavuze asanga kuba Perezida wa Repubulika ari we ufitiwe icyizere cyinshi n’abaturage ari uko usanga impinduka nyinshi ziri mu gihugu ari we zagiye ziturukaho. Ati “n’ubwo ibintu byinshi byahindutse muri iki gihugu ni we byagiye biturukaho, ni yo byaba ari Guverinoma yabikoze biba byategerejwe na Perezida wa Repubulika”.

Ukurikije n’uburyo abaturage bibonamo Perezida Kagame nk’umuntu ubasha kubumva no kubakemurira ibibazo, nta we byatungura cyangwa ngo bitangaze kuba yaba afitiwe ikizere cya 98,7%, dore bagiye banabimugaragariza mu matora inshuro ebyiri, aho yagiye atsindira ku majwi ari heju ya 90%.

Ubu bushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’abasenateri ryari riyobowe na Senateri Jean Damascene Bizimana, hakaba harabajijwe abantu 3837 batuye mu midugudu 8 muri buri Karere k’u Rwanda, bukaba bwaratwaye amafaranga angana na Miliyoni 250 mu gihe cy’imyaka ibiri.

Previous Post

Nyuma y’igihe kinini AMAVUBI yongeye gutanga ibyishimo atsinda ikipe ya Libya ibitego 3- 0 bya Dady Birori

Next Post

Abakobwa ibuhumbi 60 bakuyemo inda mu mwaka wa 2009, byahombeje Leta amafaranga arenga miliyari y’amanyarwanda!

Next Post

Abakobwa ibuhumbi 60 bakuyemo inda mu mwaka wa 2009, byahombeje Leta amafaranga arenga miliyari y’amanyarwanda!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Gatsibo : Yamaze amezi ane asambanywa naberekeraga ufite ubumuga bwo kutabona uko azajya abigenza

7 years ago

Uwahoze ari umuminisitiri yifatanyije n’abarwanya Leta ya Sudani y’Epfo

7 years ago

UMUVUGO UHIMBAZA IJORO

7 years ago

Mu Rwanda umupasteri yaba yaguze indege ye bwite!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In