Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Leta y’ U Rwanda irahakana ibyavuzwe ko yicishije Col Karegeya

admin by admin
May 6, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Johnston Busingye Minisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda, yagize icyo avuga ku nyandiko y’ ikinyamakuru “The Global and Mail” yemezaga ko Perezida Kagame ariwe nyirabayazana w’ iyicwa rya Col Patrick Karegeya.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Minisitiri-wUbutabera-mu-Rwanda.jpg

Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa Nkuru ya Leta Johnston Busingye

Minisitiri Johnston Busingye mu kiganiro yagiranye na RFI yagize ati” Kuva nabaho iyi nkuru ndayigaye cyane (information bidon) kuko ntibyumvikana uburyo umuntu yabika inkuru y’ umuntu ugiye kugambanirwa akicwa ntayitangaze yamara kwicwa akabona kubitangaza”.

Minisitiri Busingye akaba yashakaga kugaruka ku byo Maj. Higiro watorotse igisirikare cy’ u Rwanda mu mwaka w’ i 2010 yise ubuhamya bw’ impamo n’ uruhare rwa Leta y’ u Rwanda mu guhiga abatavuga rumwe na yo.

Robert Higiro akaba yaragiranye ibiganiro n’ abanyamakuru babiri ba The Globe and Mail, ababwira ko iperereza ry’ u Rwanda ryamuhaye ubutumwa bwo kwica abatavuga rumwe na Leta bari mu buhungiro muri Afurika y’ Epfo barimo Gen. Kayumba Nyamwasa na Col. Patrick Karegeya wishwe taliki ya 31 Ukuboza umwaka ushize . Robert Higiro yakomeje atangariza abo banyamakuru ko afite n’ amajwi y’ ibiganiro bagiranye n’ umwe mu bayobozi bakuru b’ iperereza mu gihe bamuhaga ubwo butumwa.

Minisitiri Busingye akaba yibaza impamvu amakuru nk’ ayo atangwa mu binyamakuru aho kuyatwara mu butabera, bityo akaba ahamya ko ibyo nta kuri kubirimo.

Abayobozi b’ u Rwanda ntibahwemye kugaragariza amahanga ko nta ruhare na ruto bagize mu iyicwa rya Col Patrick Karegeya ko batanakwiye kuryozwa urupfu rw’ umuntu utaraguye ku butaka bwarwo.

Previous Post

Umutwe wa Boko Haram wigambye ko ariwo washimuse abana b’ abakobwa bo muri Nigeria

Next Post

Iminsi y’umujura ni 40, Kirabura nyuma yo kuva Iwawa akisubirira mu bikorwa by’urugomo n’ubujura, birangiye abizize, arashwe!

Next Post

Iminsi y’umujura ni 40, Kirabura nyuma yo kuva Iwawa akisubirira mu bikorwa by’urugomo n’ubujura, birangiye abizize, arashwe!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Ijambo rya Nyakubahwa Paul KAGAME ku munsi wo kwibohora (VIDEWO, AMAFOTO N’ INYANDIKO)

7 years ago

Exclusive: Producer w’umunyarwanda Emile NZEYIMANA akomeje kubica bicagacika mu gihugu cya KENYA! Shira amatsiko kuri byinshi twaganiye.

7 years ago

Dore batatu mu bagiye gutoranywamo umutoza w’Ikipe ya RAYON SPORTS uzasimbura Luc Emayeal; nta munyafurika urimo!

7 years ago

“Byanyeretse ko umuziki w’abanyarwanda utangiye guhabwa agaciro ubwo na za Nigeria batangiye kutwibuka” Meddy

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In