Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Ntidukwiye kwiyicarira ngo dutengamare, dutegereje ejo heza ha Afurika – Kagame

admin by admin
May 22, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

ntidukwiye-kwiyicarira-ngo-dutengamare-dutegereje-ejo-heza-ha-afurika-kagame_537de0e57d616_l643_h643.jpg

Nyakubahwa Paul Kagame; Perezida w’ u Rwanda

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Umukuru w’u Rwanda asanga “iterambere rya Afurika rizashingira ku bushobozi bwo gukorera hamwe ndetse n’abafatanyabikorwa mu kubonera umuti amakimbirane”

“Ntidukwiye kwiyicarira ngo dutengamare, dutegereze ejo heza hazaza ha Afurika”

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro Inama ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) iteraniye mu Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko ibihugu bya Afurika byose bifite ishyaka n’igishyika byo gutera imbere, ariko ko nta gihugu gikwiye kumva ko cyihagije.

Yakomeje agira ati, “Ni twe ubwacu dukwiye kwimenya. Dufatanyije twatera imbere cyangwa tukarenga ibibazo. Igihugu kimwe nticyakwikura mu bibazo….Nidufatanya by’ukuri, ibyiza biri imbere twifuza, tuzabigeraho tukiriho”

Inama ngarukamwaka ya 49 ya AfDB yahuriranye n’isabukuru ya 50 uyu muryango umaze ushinzwe ndetse n’imyaka 40 u Rwanda rumaze rubaye umunyamuryango w’iyi Banki.

Abatabiriye iyi nama bararebera hamwe ibyo AfDB imaze kugeraho kuva yashingwa mu 1964, ndetse n’icyerekezo ikwiye gufata mu myaka 50 iri imbere.

Perezida Kagame yemeza ko Afurika itera imbere uko imyaka igenda isimburana “ariko ntibihagije kumva ko tugomba kugarukira aho abandi batekereza; dukwiye kurenzaho”

Perezida wa AfDB, Donald Kaberuka, avuga ko iyi Banki yakoze ibishoboka byose ngo iteze imbere ubukungu bwa Afurika, ariko ko hari ibindi bibazo bijyanye na politiki bigomba kunozwa n’abategetsi kugira ngo iterambere rya Afurika rishoboke.

Iyi nama yitabiriwe n’abantu basaga ibihumbi 3 baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo, barimo abaperezida b’ibihugu, abaminisitiri b’imari n’igenamigambi ndetse n’abaguverineri ba banki nkuru z’ibihugu.

Previous Post

Ese ni iki cyaba cyihishe inyuma y’ibihuha byabavugwa ko bafunzwe n’ababurirwa irengero bimaze iminsi mu Rwanda!

Next Post

Yatanze igitsina cye ngo kizashyirwe mu nzu ndangamurage

Next Post

Yatanze igitsina cye ngo kizashyirwe mu nzu ndangamurage

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

“Ndashaka ko Musanze iba umujyi wa kabiri ukurikira Kigali”Visi Meya mushya wa Musanze

7 years ago

NTIBYOROSHYE: Abasore n’inkumi benshi bazindukira i Gikondo, baje gushakisha ibiraka bya EXPO, nubwo kabona umugabo kagasiba undi!

7 years ago

UEFA CHAMPION LEAGUE: Ku nshuro ya 1, amakipe ava mu Mujyi umwe agiye guhurira ku mukino wanyuma (REAL MADRID na ATLETICO MADRID

7 years ago

Umunyamakuru wo muri Uganda MC Kazoora yarekuwe muri gereza I Kigali

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In