Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Polisi y’u Rwanda yungutse indi modoka izajya yifashishwa mu butabazi bw’inkongi n’ibiza!

admin by admin
May 20, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yerekanye imodoka nshya ishobora gutabara abahuye n’ibiza bari mu burebure bwa metero 54 z’ubujyejuru, ikanazimya inkongi z’umuriro ziri hejuru y’izi metero, ikaba inaterura ibiro 600.

d7c3c4f922_2_.jpg

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Ubwo herekanwaga uko iyi modoka ikoreshwa, aha ni kuri ULK

Ubwo herekanwaga iyi modoka ku mugaragaro, abapolisi bo mu ishami rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro no kurwanya ibiza berekanye uko iyi modoka ikora, berekana uko yaterura ibintu ibijyana hejuru kimwe no kubikurayo. Iki gikorwa kikaba kerekaniwe kuri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK).

Atangiza iki gikorwa ku mugaragaro, umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro no kurwanya ibiza, Senior Superitendent of Police(SSP) Jean de Dieu Gashiramanga yavuze ko nk’uko inshingano za Polisi ari ukurinda umutekano w’abanyarwanda n’ibintu byabo, ari muri urwo rwego yaguze iyi modoka kugirango uko u Rwanda rutera imbere mu mpande zose na Polisi y’u Rwanda iri kongera ubushobozi bwo kuba yanatabara abari mu kaga.

Iyi modoka ikaba ari iya mbere ibonetse mu Rwanda ishobora gutabara abantu bari muri metero zingana gutya.

Polisi y’u Rwanda ikaba yari inasanganywe indi modoka iterura ibintu cyangwa abantu bari kure mu bujyakuzimu.

Haramutse hari ibindi bisobanuro mwakenera, mwahamagara ku murongo w’112 cyangwa 111 ndetse na nimero ya terefoni y’ubuyobozi bw’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi z’imiriro no gutabara abari mu kaga ariyo 0788311120.

Previous Post

Amwe mu mafoto yamamaye mu cyumweru cyo kuwa 10 kugeza kuwa 16 Gicurasi 2014

Next Post

Ingamba zakajijwe kubangiza ubusitani n’imikindo byo mu mujyi wa Kigali!

Next Post

Ingamba zakajijwe kubangiza ubusitani n’imikindo byo mu mujyi wa Kigali!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

FERWAFA: “Sinigeze mvugana na Luc Emayeal mperuka ansaba gutoza Amavubi” NZAMWITA De Gaulle

7 years ago

Afghanistan yarakajwe n’ ubwumvikane bwa Amerika n’ aba Taliban

7 years ago
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi

4 weeks ago

Ese ni iki cyaba cyihishe inyuma y’ibihuha byabavugwa ko bafunzwe n’ababurirwa irengero bimaze iminsi mu Rwanda!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In