Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga y’abagore baturutse mu Nteko zishinga Amategeko ku Isi

admin by admin
June 29, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva kuri uyu wa kabiri tariki 1 kugeza tariki 3 Nyakanga 2014, u Rwanda ruzakira inama y’iminsi itatu y’abagore bari mu Nteko zishinga Amategeko baturutse mu bihugu 30, aho bazaba bigira ku byo u Rwanda rwagezeho nyuma yaho rukomeje kuza ku isonga mu kugira abagore benshi mu Nteko Ishinga Amategeko, aho bazagaragariza abazitabira iyo namaakamaro ko kugira abagore benshi mu nzego z’ubuyobozi.

kagame-n_abadepite3.jpg

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Iyi nama izitabirwa n’abagore baturuka mu Nteko zishinga Amategeko zo mu bihugu 46 bitandukanye ku isi, bari mu Ihuriro ry’abagore bari mu Nteko zishinga Amategeko(WIP). Ikaba yarahawe umutwe ugira uti: “Abagore mu Nteko Ishinga Amategeko, Iterambere ry’umuryango.” Ikazibanda ku kamaro k’uburinganire muri politiki ndetse n’inyungu bigirira umuryango.

donatille-mukabalisa-ni-muntu-ki_525fe23f97fae-2.jpg

Nyakubahwa Perezida w’umutwe w’Abadepite: Mukabarisa Donatille

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko/ Umutwe w’abadepite Nyakabahwa Mukabalisa Donatille yavuze ko u Rwanda nk’igihugu cyanyuze mu bibazo birimo na Jenoside, hari hakenewe imbaraga za buri wese ngo igihugu cyiyubake.Yagize ati: “U Rwanda rwari rukeneye ko abantu bose bashyira hamwe kugira ngo biyubake kandi batange ikizere ko Jenoside itazongera kuba.”

Iyi nama kandi izitabirwa n’abayobozi batandukanye n’abashyitsi barenga 150, izafungurwa na Nyakubahwa Perezida wa Repubuka y’u Rwanda Paul KAGAME , ndetse na Minisitiri w’intebe wa Noruveje Erna Solberg. Ikazasoza imirimo yayo tariki 3 Nyakanga 2014.

Abashyitsi bazitabira iyi nama bazasura ibikorwa bitandukanye hirya no hino mu gihugu, ariko by’umwihariko bakazifatanya n’abanyarwanda tariki ya 4 Nyakanga 2014, ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza isabukuru y’imyaka 20 u Rwanda rwibohoye.

Tukazabakurikiranira ibikorwa by’iyi nama umunsi ku munsi.

Ferdinand M.

Previous Post

Miliyari 17,2 z’amafranga y’u Rwanda ni yo ngengo y’Imari y’Umujyi wa Kigali yatowe izakoreshwa mu mwaka wa 2014-2015

Next Post

Umutoza mushya wa RAYON SPORT FC wemejwe ni Umubirigi Jean Francois Losciuto

Next Post

Umutoza mushya wa RAYON SPORT FC wemejwe ni Umubirigi Jean Francois Losciuto

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Abafana ba Argentine bateye Polisi amabuye bamaze gutsindwa n’Ubudage

7 years ago

IGP Emmanuel GASANA yaraye asuye anaganiriza abanyeshuri biga mu mahanga bari mu Itorero Indangamirwa

7 years ago

Bamwe mu bahanzi nyarwanda ntibishimiye uburyo abanyamanga aribo batumirwa mu minsi mikuru ya Leta

7 years ago

Ikipe y’Ubufaransa yatangiye neza imikino y’igikombe cy’Isi itsinda Hondirasi ibitego 3- 0

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In