Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri Raporo ya ya Maina Kiai

admin by admin
June 16, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

IMG_1507.jpg

Ambassadeur w’Rwanda muri ONU Gasana Richard ari kumwe na Ban Ki Moon, Umunyamabanga Mukuru wa Loni

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Mu gusubiza ibikubiye muri iyo raporo, ambasaderi w’u Rwanda mu muryango w’abibumbye bwana Richard Gasana, nawe yabigaragaje mu nyandiko y’amapaji 5,

Gusa atangira ashima intumwa y’umuryango w’abibumbye ku rugendo rw’icyumweru yamaze mu Rwanda, akabasha no kwibonera ibimaze kugerwaho mu rwego rwo guteza imbere uburenganzira bwa muntu mu Rwanda.

Avuga ko hari amakuru Bwana Maina Kiai yagiye abwirwa mu Rwanda y’ibinyoma, kuba muri raporo ye, Bwana Maina kiai avuga abantu bagiye batabwa muri yombi, bagashyikirizwa inkiko, Ambasaderi gasana yavuzeko u Rwanda ari igihugu cyiyemeje kugendera ku mategeko, bityo uwo ari wese kugera no ku banyapolitiki, uwaramuka yangije ituze rusange ry’igihugu agomba kubiryozwa.

Ku bijyanye n’uburenganzira bwo kuvuga icyo umuntu atekereza no kwishyira hamwe, Ambasaderi Richard Gasana asobanurira maina kiai ko mu Rwanda hari itegeko risobanutse kandi ko ubu hamaze kwemererwa amashyaka 11 yose, ibi bikaba ari ikimenyetso, ko u Rwanda rutabuza abantu gushinga amashyaka no kwishyira hamwe, igihe bujuje ibyangombwa bisabwa n’amategeko.

Kuba hari ubusumbane bw’amashyaka imbere y’inzego z’ubutegetsi bwa Leta, ngo ayo makuru yahawe ntabwo ari yo, ahubwo Ambasaderiu Gasana avuga ko amashyaka yose mu Rwanda areshya kandi anafite uburenganzira bwo kunenga ibitagenda, agahakana ko nta bwoba mu mashyaka, ndetse nta make atoneshwa kurusha ayandi.

Hari ibyo Bwana Maina kiai yagaragaje kuburirwa irengero mu buryo budasobanutse kwa bamwe nka bwana Aimable Sibomana Rusangwa, aha Ambasaderi Gasana yavuze ko u Rwanda rutazi na busa irengero ry’uwo muntu, ahubwo asaba Maina Kiai gutanga amakuru afatika ku iburirwa irengero ry’uwo mugabo, maze leta ikabikurikirana.

NKuko tubikesha Isango Star, Icyo yita inzira ndende zifatwa nko guca intege imikorere y’imiryango itagengwa na leta, Bwana Maina kiai akanavuga ko habaho kuyikurikana mu buryo bukomeye, ndetse agashinja inzego za Leta cyane cyane RGB, ambasaderi Gasana avuga ko kugera ubu mu Rwanda uburyo bwo kwandikisha umuryango wigenga byorohejwe cyane, ndetse ngo no mu bindi bihugu by’amahanga, haba hari inzira zikurikizwa mu guha ibyangombwa iyo miryango, no gukurikirana imikorere yayo, Ambasaderi Gasana akaba asanga rero nta gitangaje kuba u Rwanda narwo rwabikora gutyo.

Previous Post

Ikipe y’Ubudage imaze kwandagaza Ikipe ya Portigal iyinyagira ibitego 4-0 mu mikino y’igikombe cy’Isi (AMAFOTO)

Next Post

Iperereza ku iraswa rya Hashakimana ukekwaho kuroga Jenerali Ruvusha Emmanuel

Next Post

Iperereza ku iraswa rya Hashakimana ukekwaho kuroga Jenerali Ruvusha Emmanuel

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

NTIBYOROSHYE: Abasore n’inkumi benshi bazindukira i Gikondo, baje gushakisha ibiraka bya EXPO, nubwo kabona umugabo kagasiba undi!

7 years ago

Uburusiya:Bafotowe bari gusambanira ku karubanda mu mujyi wa Samara

7 years ago

Davido yaguze isaha nshya ya Zahabu kuri miliyoni 25

7 years ago

Dore 10 abakinnyi b’ibihangange bafite Tattoos nziza mu gikombe cy’isi

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In