Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Umutoza KANYANKORE G Yaounde yigaramye FERWAFA, anerura ku mugaragaro ko nta kazi kayo ashaka!

admin by admin
May 30, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

1390809354_kanyankore_bamaze_gusifura_yarebye_ku_isaha_ye_ko_baba_batamwibye.jpg

Kanyankore Gilbert

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Nyuma yaho byakomeje gucicikana mu Itangazamakuru ko umutoza Kanyankore Gilbert batazira Yaounde ko yagizwe Team manager w’Ikipe y’igihugu Amavubi, kuri ubu uyu mutoza watozaga ikipe ya Kiyovu Sports aratangaza ko aka kazi bavuga ko yahawe nta byo azi ko atigeze anakemera.

Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Izuba Rirashe, ubwo yabazwaga ku makuru avuga ko yaba agiye gusubira mu ikipe ya Vital’O nyuma yo kurangiza amasezerano ye muri Kiyovu Sports, Kanyankore Yaounde yemeye ko ayo makuru ari ukuri. Abajijwe n’umunyamakuru uko azabangikanya iyi mirimo yombi no kuba Team manager w’ikipe y’iguhugu Amavubi, Kanyangore atarya umunwa yasubije agira ati “njyewe kariya kazi bakampaye ndetse babishyira mu itangazamakuru batabanje kumbaza, sinigeze nkemera rwose, ndetse nabo ubwabo narabibabwiye, ubwo rero gutoza Vital’O ntaho nzahurira n’u Rwanda kuko ako kazi ntagashaka ubwo bazashaka ugomba kunsimbura.”

Ibi byatumye dushaka kumenya icyo FERWAFA ibivugaho, dushaka kuvugana na Visi Perezida wa FERWAFA akaba n’Umuvugizi wayo KAYIRANGA Vedaste ntibyadukundira, tumwandikiye ubutumwa bugufi, yari atarabusubiza kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru.

Ibi bikaba bigaruka ku kibazo cy’imitangire y’akazi mu ishyirahamwe ry’Umupira w’u Rwanda uburyo bikorwamo, niba akazi gahabwa uwagasabye cyangwa ubishoboye, inzira byaba binyuzwamo.

Previous Post

Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ry’ubufatanye bwa Gisirikare hagati y’ibihugu by’u Rwanda, Kenya na Uganda!

Next Post

Inkongi y’ umuriro yatwitse iduka mu mujyi wa Kigali rirashya rirakongoka

Next Post

Inkongi y’ umuriro yatwitse iduka mu mujyi wa Kigali rirashya rirakongoka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Me NTAGANDA Bernard mu marembera muri Politiki y’u Rwanda, cyangwa mu nzego z’Umutwe wa Politiki uwo ari wo wose!

7 years ago

USA:Leta ya Florida yashyizeho ibihano ku muntu ufashwe yambaye Poketi(pocket down)

7 years ago

Impanuka idasanzwe: Abantu bagera kuri 16 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka y’imodoka i Kiziguro abandi 24 barakomereka.

7 years ago

Knowless, Dream Boys, Tom Close na Christopher bifatanyije n’abanyarwanda mu kwibohora mu ndirimbo “TWARIBOHOYE”

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In