Tuesday, March 9, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

WIP: Ku munsi wa kabiri w’Inama abitabiriye inama ya WIP basuye RDB n’Ibindi bikorwa bifasha abadamu (INKURU N’AMAFOTO)

admin by admin
July 2, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rw’abadepitekazi bitabiriye inama mpuzamahanga ya WIP iri kubera I Kigali, abayitabiriye basuye ibikorwa bitandukanye mu Rwanda.

Amatsinda yigabanyije mu Ntara zitandukanye z’u Rwanda. Mu itsinda ryasuye mu Mujyi wa Kigali, basuye ibiro bya Polisi y’u Rwanda Ishami rshinzwe kurwanya Ihohoterwa, aho bakiriwe na ACP Theos Badege wabasobanuriye imikorere y’urwo rwego.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Kuri Polisi kandi basuye Isange One Stop Center ahafashirizwa abana n’abagore bahuye n’ibibazo by’Ihohoterwa. Aba badepitekazi basobanuriwe imikorere n’uburyo bafasha abahuye n’ikibazo cy’ihohoterwa.

20140702_103835.jpg

CIP Murebwayire Shafiga asobanurira abadepite imikorere y’Isange One Stop Center

20140702_103301.jpg

Dr. D Nyamwasa na bamwe mu badepite basuye Isange One Stop Center

20140702_103559.jpg

Umudepite wo muri Algeria yandika mu gitabo cy’Abashyitsi

Kimwe mu byabajijwe n’aba badepitekazi bifuje kumenya niba mu bakirwa muri iki kigo haba harimo n’abana b’abahungu, ikindi bibazaga niba serivise zitangirwa muri iki Kigo ari ubuntu cyangwa zishyurwa. Mu kubasubiza CIP Murebwayire Shafiga na Dr. D Nyamwasa bakora muri iki kigo babwiye aba badepite ko serisvise zitangirwa muri iki kigo ari ubuntu kandi zikaba zitangwa amasaha 24/24, kandi ko bakira abantu b’ingeri zose harimo n’abana babahungu bahohoterwa.

Aba badepite kandi basuye n’ikigo cy’igihugu cy’Iterambere aho bakiriwe n’Umuyobozi wa RDB wungirije Madamu Claire Akamanzi wabasobanuriye uburyo iki kigo cyazamuye iterambere ry’ubukungu bw’igihugu. Muri RDB aba badepite basobanuriwe imikorere ya One Stop Center, uburyo ifasha kubonera serivise hamwe mu korohereza abashoramari bifuza gushora imari yabo mu Rwanda.

Abadapitekazi bishimiye ko abanyarwandakazi bagiye bafite inshingano zikomeye muri iki kigo cya RDB.

20140702_110118.jpg

ubwo bari bagereze kuri RDB

20140702_114126.jpg

Claire Akamanzi asubiza ibibazo by’abadepite

Nyuma ya sa sita iri tsinda ryatemberejwe Umujyi wa Kigali, inkuru turacyayibategurira yose turacyayibakurikiranira.

Previous Post

NEW YORK: u Rwanda rwongeye kuyobora akanama gashinzwe amahoro ku Isi

Next Post

Ishyaka GREEN PARTY ritangaza ko ryayobewe irengero ry’Umunyamabanga waryo kuva tariki ya 27 /06/2014

Next Post

Ishyaka GREEN PARTY ritangaza ko ryayobewe irengero ry’Umunyamabanga waryo kuva tariki ya 27 /06/2014

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Iminsi y’umujura ni 40, Kirabura nyuma yo kuva Iwawa akisubirira mu bikorwa by’urugomo n’ubujura, birangiye abizize, arashwe!

7 years ago

UBUTALIYANI:FIFA yasabye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru gukora iperereza ku ivangura ryakorewe Paul Pogba

7 years ago

Ubufaransa: uruhinja rwatoraguwe mu kimoteri barundamo amacupa n’ibirahure bishaje

7 years ago

Inyungu n’umumaro wo guterana kwera ku mukiristu!

6 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In