Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

WIP: Perezida KAGAME asanga gahunda yo guteza imbere umugore ari imwe muri gahunda ijyanye no kwibohora!

admin by admin
July 3, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame amaze kugirana n’abitabiriye inama y’abagore bari mu Nteko Zishinga Amategeko, yavuze ko kimwe mu cyatumye bateza imbere abagore ari uko kimwe mu gice cy’abanyarwanda babuzwaga kugira bimwe bakora kandi babishoboye.

Ku munsi wa gatatu w’iyi nama y’abagore bari mu Nteko zishinga Amategeko ku Isi, abayitabiriye bahawe ibiganiro ku ntego z’ikinyagihumbi aho Nyakubahwa Perezida wa Repuburika Paul Kagame na Minisitiri w’intebe wa Norvege Madamu Erna Solberg baganirije abo badepitekazi bitabiriye iyi nama.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

FFFF.jpg

Madamu Silvana Koch Mehrin washinze iri huriro (WIP)

Madamu Silvana Koch Mehrin washinze iri huriro (WIP) yashimiye Perezida Kagame ruhare rwe mu kuzamura umugore no guteza igihugu imbere muri rusange , ati “Kuba u Rwanda rutengamaye uko rumeze ubu ngubu nyuma y’imyaka 20, ni umusaruro w’imiyoborere myiza Nyakubahwa Perezida”.

DSC_0959-2.jpg

Minisitiri w’Intebe wa Norvege, Nyakubahwa Erna Solgerg

Naho Minisitiri w’Intebe wa Norvege, Nyakubahwa Erna Solgerg nawe yashimye u Rwanda ku ntambwe rumaze kugeraho mu birebana n’uburinganire. Ati “mweretse amahanga ko abagore bashobora gukiza sosiyeti n’isi muri rusange” Madame Erna yitanzeho urugero ko nawe ubwe kuba ari Minisitiri w’Intebe muri Norvege byahinduye imitekerereze ku buringanire y’urubyiruko rw’iwabo.

DSC_0970.jpg

Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repuburika y’u Rwanda

Mu ijambo ryari ritegerejwe na benshi, Perezida Kagame yatangiye ashimira abagore bitabiriye iyi nama, by’umwihariko ashimira Minisitiri w’Intebe Erna Solberg wa Norvege ku kuba yaritabiriye ubu butumire.

Nyakubahwa Perezida Kagame yavuze ko gahunda yo guteza imbere umugore ari imwe muri gahunda ijyanye no kwibohora, kuko hari igice cy’abanyarwanda bari barapfukiranwe ,ari cyo cy’abagore. Kagame yagize ati“ Twabigezeho nyuma yo gusanga dukwiye gukuraho inzitizi zose zabuzaga igice kimwe mu banyarwanda gukoresha ubuhanga bwabo”. Akaba yakomeje avuga ko kuba hari abagore benshi mu Mteko Ishinga Amategeko ari urugero ku bana bato b’abakobwa ko nabo bafite ibyo bshobora kwigezaho.

Ubusanzwe mu muco nyarwanda hari imwe mu mirimo abagore batari bemerewe gukora nko gutwara imodoka, Kubaka n’ibindi. Nyamara nyuma ya 1994 abagore batangiye guhabwa ijambo, bahabwa uburenganzira bwo gukora imirimo yose bashoboye.

Perezida Kagame akaba yashimiye cyane Minisitiri w’intebe wa Noruveji Erna Solberg bafatanyije kuyobora ibijyanye n’intego z’ikinyagihumbi(MDG).

Kuva iyi nama yatsangira abafashe amagambo bose baturutse mu bihugu bitari bimwe, ntibabuze gushimira Perezida Kagame ku kuba yarazamuye umugore.

Imirimo y’iyi nama bikaba biteganyijwe ko isozwa uyu munsi, aho abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda n’Umuyobozi wa WIP baza kugirana ikiganiro n’abanyamakuru.

Andi mafoto

DSC_0954.jpg

Hon Mukabarisa Donathilla aha ikaze abashyitsi

DSC_0889.jpg

DSC_0909.jpg

PM.jpg

Inkuru & Photos: Lambert

Previous Post

Perezida KAGAME “Njye sinjya mpitamo kugira ubwoba no gutsindwa nabwo…, numva byo bitari muri kamere yanjye.”

Next Post

Abanyamategeko b’abakristu bagiye kugeza Museveni mu nkiko kubera kwambara imyenda ya gisirikari

Next Post

Abanyamategeko b’abakristu bagiye kugeza Museveni mu nkiko kubera kwambara imyenda ya gisirikari

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yakiriye abapolisi bavuye mu butumwa bw’amahoro i Darfur!

7 years ago

“Kubera isi y’ ikoranabuhanga , Iyo utazi mudasobwa ntaho uba utaniye n’utazi gusoma no kwandika” NKURANGA Alphonse

7 years ago

Umwalimu muri kaminuza yemereye amanota y’inyongera ku banyeshuri b’abakobwa batazogosha incakwaha

7 years ago

Umusore w’imyaka 21 agiye kurushingana n’Umugore upima ibiro 346

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In