Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Politiki

Yishe umuntu amukase ingoto amuziza ko yamututse!

admin by admin
June 30, 2014
in Politiki
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri Sitasiyo ya Gasaka mu Karere ka Nyamagabe hafungiye umugabo w’imyaka 34 ukurikiranyweho kwica umuntu amuziza ko yamututse.

arakekwaho-kwica-umuntu-amuziza-ko-yamututse_53b1277052131_l654_h435.jpg

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021

“Gitifu warashwe; igisambo gikorana n’umwanzi!” Guverineri BOSENIBAMWE

August 4, 2014

Mutangana Evariste bakunze kwita Pangarasi, wo mu kagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gasaka, akarere ka Nyamagabe, avuga ko yagiye mu kabari agiye kwaka isigara agahurirayo na Nsabimana ari bwo ngo yamututse.

Pangarasi uvuga ko yari aturanye na Nsabimana, ngo yahise asohoka ataha ari bwo Nsabimana nawe yabakurikiye ngo bageze ahantu hari umugina ni bwo batangiye gufatana barwana.

Ati “twarasohotse dutaha, tugeze hepfo ubwo ahita amfata mu ijosi ubwo hari akagina duhita tugatirimukaho twituramo hasi ahita anjya hejuru. Ubwo umugabo twari kumwe ahita azana igiti akimukubita mu mutwe”.

Pangarasi avuga ko nyuma yo kumukubita igiti babonye adapfuye, aribwo yahise afata icyuma akamukata umuhogo bagahita bajya kuryama bamusize aho.

Pangarasi yongeraho ko kuba yarishe uyu Nsabimana ntacyo bapfaga ngo ahubwo yabitewe n’uko yamututse kandi yari yahaze urwagwa ubusanzwe ngo yari amenyereye kunywa ikigage.

Iri sanganya ryabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu tariki 27 Kamena 2014.

SP Janvier Ntakirutimana umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyamagabe, avuga ko nyuma yo gusaka mu rugo rw’uyu ukurikiranwe hakabonwa ibimenyetso bigaragaza uruhare rwe mu rupfu rwa Nsabimana, uyu yafashwe ashaka gutoroka ngo hakaba hagikorwa iperereza ku bo baba barafatanije.

Nkuko tubikesha Izuba rirashe, SP Janvier Ntakirutimana yongeraho ko polisi y’u Rwanda ifite ubushobozi bwo gushakisha umugizi wa nabi aho yaba ari hose, bityo ko uwumva wese afite uwo mugambi wo gukora ibyaha agatoroka atazabigeraho.

Asaba abaturage ndetse n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze kujya batanga amakuru y’ahari amakimbirane kugirango ibyaha bikumirwe hakiri kare.

Uyu aramutse ahamwe n’iki cyaha ashobora guhanishwa ingingo ya 140 yo mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda, ivuga ko ukoze icyaha cyo kwica yabigambiriye ahanishwa igifungo cya burundu.

Previous Post

Inama y’Igihugu y’Urubyiruko y’u Rwanda yatangije ibikorwa byo kuzamura abahanzi bakizamuka bafite impano.

Next Post

Uganda:Abadepite barashinjwa guhabwa ruswa na Leta ngo babashe kwishyura amadeni

Next Post

Uganda:Abadepite barashinjwa guhabwa ruswa na Leta ngo babashe kwishyura amadeni

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Hehe n’ibinini, inshinge !! .Havumbuwe uburyo bushya bwo kuboneza urubyaro hakoreshejwe telecommande

7 years ago

MU MAFOTO:Inkongi y’umuriro yibasiye Quaritier Mateus, Polisi ikaba iri kugerageza kuzimya

7 years ago

Neymar ntazongera kugaragara mu mikino y’igikombe cy’isi isigaye

7 years ago

Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali Fidele Ndayisaba yatanze Miliyoni y’ amafaranga y’ u Rwanda mu kigega cy’Agaciro Development Fund

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In