Tuesday, March 9, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UBUTABERA

USA ikomeje gahunda yayo yo guha miliyoni 5 z’amadolari uzatanga amakuru ku bakekwaho Jenoside

admin by admin
July 25, 2014
in UBUTABERA
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kane 24 Nyakanga 2014 ,Ubutabera mpuzamahanga bwongeye gutangiza gahunda yo guta muri yombi abantu 9 bashakishwa kubera Jenoside yakorewe abatutsi.

ibyaha.jpg

Related posts

Gasabo: umugabo wakoraga inzoga akazitirira amazina ya zimwe mu nganda zo mu Rwanda yatawe muri yombi.

July 31, 2014

Lt Joel Mutabazi yasabiwe gufungwa burundu no kwamburwa amapeti

July 30, 2014

Urutonde rw’abantu 9 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi

Leta y’u Rwanda n’abandi bafatanyabikorwa mu butabera mpuzamahanga harimo urukiko rwa Arusha , Polisi Mpuzamahanga, ibiro bya Leta zunze ubumwe za Amerika bishinzwe gutahura inkozi zibibi,batangije gahunda yo guta muri yombi abantu icyenda bashakishwa kubera Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda , aho Leta ya Amerika yavuze ko ikomeje gahunda yayo yo guha miliyoni 5 z’amadolari umuntu wese uzatanga amakuru ku bantu 9 bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi.

Iyi Gahunda ikaba yatangijwe ku rwibutso rwa Kigali ku gisozi aho ubutabera mpuzamahanga bushaka guta muri yombi 9 basize bashyize mubikorwa genocide yakorewe abatutsi muri 1994.

Abo 9 ni Felicien Kabuga, Protais Mpiranya, Augustin Bizimana, Ladislas Ntaganzwa, Fulgence Kayishema, Pheneas Munyarugarama, Aloys Ndimbati, Charles Ryandikayo na Charles Sikubwabo.

Kabuga, Mpiranya and Bizimana baramutse bafashwe bakaba baburanishwa n’urukigo mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda ICTR/MICT n’aho abandi 6 (batandatu ) bazaburanishwa n’ubutabera bw’uRwanda aho amadosiye yabo yahawe u Rwanda kuva 2012.

Umushyitsi mukuru kuri uyu muhango akaba yari minisitiri w’ubutabera Johnson Businge n’abandi batandukanye harimo ukuriye ubushinjacyaha mu rukiko rwashyiriyeho urwanda rukorera Arusha Hassan Bubacar Jallow , ushijwe gutahura abakoze ibyaha muri interpol stefano carvelli , n’ushinzwe ibiro bya Amerika Stephen Rapp mu gutahura inkozi z’ibibi ku isi hose.

Minisitiri Businge yavuze ko abo bantu bashakishwa kubera Jenocide, k’ubufatanye n’izindi nzego ndetse n’imiryango mpuzamahanga itazahwema gushaka ko bafatwa bagashyikirizwa ubutabera.Yashimiye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga uruhare bagize muguta muri yombi bamwe bakoze icyo cyaha ndengakamere , aho 93 bamaze kuburanishwa.

Stephen RAPP akaba yasabye ubufatanye hagati y’ibihungu by’umuryango w’abibumbye guhanahana amakuru bagata muri yombi aba bakekwaho ibyaha bya genocide ndetse n’iby’ intambara , aho Leta zunze ubumwe za Amerika yatanze miliyoni eshanu z’amadolari kuri buri wese uzatanga amakuru ku ifatwa ryabo ndetse agacungirwa umutekano .

Previous Post

Expo Rwanda 2014 yafunguwe ku mugaragaro!

Next Post

Mwishywa wa Perezida Fidele Castro ni muzima , ntiyaguye mu mpanuka y’indege nkuko byari byatangajwe

Next Post

Mwishywa wa Perezida Fidele Castro ni muzima , ntiyaguye mu mpanuka y’indege nkuko byari byatangajwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Umuhanzi Elton John yavuze ko na Yesu yemeraga abatinganyi

7 years ago

Amagare :Umukinnyi w`umunyarwanda w’ikipe y’igihugu Bonavanture yerekeje mu gihugu cyu Bufaransa

7 years ago

ITANGAZO RYA POLISI Y’IGIHUGU RIGENEWE ABANYAMAKURU

7 years ago
Thambwe Mwamba

DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

1 month ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In