Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUJYI WA KIGALI

Amakipe yari ayoboye amatsinda mu gikombe cy’Isi, ni yo yabashije kugera muri ¼, nta kipe y’Afurika yarenze umutaru

admin by admin
July 2, 2014
in UMUJYI WA KIGALI
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Imikino y’igikombe cy’isi ikomeje kubera muri Brasil imikino ya 1/8 yari ishiraniro aho amakipe yo muri Africa yose nta nimwe yabashije kuba yagera muri 1/4, mu gihe nyamara ikipe yo ku mugabane w’Afurika ierukaga kugera muri ¼ ari Ghana .

article-2676885-1F50FB7C00000578-729_634x433.jpg

Related posts

EPEMR yakoze inama y’ubutegetsi ku nshuro yayo ya mbere.

August 3, 2014

Ibimenyetso bigaragaza imihango izababaza umukobwa bigaragara mbere yo kuyigeremo

July 19, 2014

Ikipe za Afrika zari zashoboye kugera muri 1/8, ni Nigeriya n’Ikipe y’igihugu cy’Algeria zombi zikaba zarasezerewe umunsi umwe, aho Nigeriya yasezerewe n’ubufaransa naho Algeriya ikurwamo n’Abadage.

Mu mikino ya nyuma ya 1/8 Ikipe y’igihugu cy’Ububirigi yasezereye ikipe ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku bitego 2-1, na ho ikipe Argentina yasezereye ikipe y’ubusuwisi ku gitego 1- 0 cyabonetse. aya makipe yombi akazahura muri 1/4

article-2676885-1F50A1DE00000578-433_634x410.jpg

Iminota isanzwe 90 y’umukino yarangiye banganya 0-0, bisaba ko bakina iminota 30 yinyongera. Umutoza w’u Bubiligi Marc Wilmots yakuyemo Divock Origi ufite inkomoko muri Kenya hinjira Romelu Lukaku

Ku munota wa 93, ku mupira yahawe na Lukaku, Kevin de Bryne yatsinze igitego cya mbere. Igice kibanza cy’inyongera cyihariwe n’u Bubiligi bwasatiraga cyane byatumye ku munota wa 105, Lukaku atsinda icya kabiri, aba umukinnyi wa 6 utsindiye iki gihugu muri iyi mikino iri kubera muri Brazil.

Nyuma y’iminota ibiri gusa, Julian Green w’imyaka 19 ukinira Bayern Munich yinjiye asimbuye Alejandro Bradley atsinda igitego cy’impozamarira ku mupira wa mbere yari akozeho.

Umunyemu wa USA, Tim Howard yakuyemo imipira 15 y’ibitego byari yabazwe, myinshi ku mukino umwe w’igikombe cy’Isi kuva mu 1966.

Ibitego 4 kuri 7 u Bubiligi bwatsinze muri iyi mikino byinjijwe n’abakinnyi basimbuye. Ni ku nshuro ya kabiri u Bubiligi bugiye gukina ¼ cy’irangiza nyuma y’1986.

Nyuma y’iminota ibiri gusa, Julian Green w’imyaka 19 ukinira Bayern Munich yinjiye asimbuye Alejandro Bradley atsinda igitego cy’impozamarira ku mupira wa mbere yari akozeho.

Umunyemu wa USA, Tim Howard yakuyemo imipira 15 y’ibitego byari yabazwe, myinshi ku mukino umwe w’igikombe cy’Isi kuva mu 1966.

Gahunda ya 1/4 cy’irangiza

U Bufaransa vs u Budage, tariki ya 4/7 saa 18.00 @Estadio do Maracanã

Brazil vs Colombia, tariki ya 4/7 saa 22.00 @Castelão

Argentina vs u Bubiligi, tariki ya 5/7 saa 18.00 @Estádio Nacional Mané Garrincha

U Buholandi vs Costa Rica, tariki ya 5/7 saa 22.00 @Arena Fonte Nova

Akandi gashaya twababwira nuko ikipe za mbere zari ziyoboye amatsinda aba ari zakomeje muri ¼ izo akabari ari

Brazil, Colombia, Bubiligi, costa

Rica, Ubuholandi, Ubudage, France, Argentina.

Mutabazi Fils

Previous Post

Abagabo baba aribo bakunda amashusho y’urukozasoni kurusha abagore

Next Post

WIP: Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya aratangaza ko ibyo u Rwanda rugezeho ari isomo ku bindi bihugu!

Next Post

WIP: Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya aratangaza ko ibyo u Rwanda rugezeho ari isomo ku bindi bihugu!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Uburusiya:Bafotowe bari gusambanira ku karubanda mu mujyi wa Samara

7 years ago

Inama wakurikiza igihe ushaka kugira umuntu inama

7 years ago

NTIBISANZWE: Inyeshyamba zishyigikiye Leta, zageze mu murwa mukuru wa Libya gufasha Leta kurwanya abayigometseho!

7 years ago

MU MAFOTO:Inkongi y’umuriro yibasiye Quaritier Mateus, Polisi ikaba iri kugerageza kuzimya

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In